Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ku wa Gatandatu tariki ya 8 Gicurasi, ahagana saa sita z’amanywa yafatiye abantu 60 mu nzu y’umuturage w’imyaka 80, barimo gusenga barenze ku mabwiriza...
Ubushakashatsi bw’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC, bwagaragaje ko mu bihe by’icyorezo cya COVID-19 serivisi zo kurwanya malaria mu gihugu zakomeje, ariko zahungabanye mu buryo bugaragara urebye ibyat...
Muri iyi minsi Abanyarwanda n’abanyamahanga bari gukurikirana isiganwa ry’amagare riri kubera mu Rwanda. Ku Cyumweru nibwo rizarangira. Nta gihe kinini gishize rishyizwe ku rwego rwa 2.1 n...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Lt Col Dr Tharcisse Mpunga, yavuze ko u Rwanda rugeze kure ibiganiro n’ibigo bikora inkingo za COVID-19 harebwa uko zatangira gukorerwa muri iki gihugu...
Abaturage ba Israel cyane cyane urubyiruko bari mu byishimo nyuma y’uko Guverinoma yemeje ko batozongera kwambara agapfukamunwa. Abasore n’inkumi bari kwidagadura, ndetse bamwe bari kwitegura gusubira...
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko kubera imibare y’abanduye COVID-19 yakomeje kwiyongera cyane, imirenge ya Rwamiko mu Karere ka Gicumbi na Bwishyura mu Karere ka Karongi, yashyizwe muri...
Inama y’abaminisitiri yemeje ko ingendo zemewe kuva saa kumi za mu gitondo kugeza saa yine z’ijoro, mu gihe zasozwaga saa tatu z’ijoro. Ni umwe mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yateranye kuri uyu w...
Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ubuzima muri Kenya, Dr. Patrick Amoth, yatangaje ko abantu batanu basanzwemo ubwoko bushya bwa Coronavirus burimo gukwirakwira mu Buhinde, bwandura cyane ndetse buki...
Mu ijambo Perezida Paul Kagame yaraye agejeje ku bayobozi baganiraga uko hashyirwaho amasezerano arambye yo guhangana n’icyorezo COVID-19 , yababwiye ko n’ubwo isi yakoranye ibakwe( ingufu...
Abanyarwanda bategerezanyije amatsiko menshi isiganwa ngarukamwaka ryitwa Tour du Rwanda. Ni isiganwa ry’abakina umukino w’amagare rizenguruka u Rwanda. Polisi y’u Rwanda yibukije abaturage ko bagomba...









