Abaturage bagera ku 8000 baturutse muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bahungiye mu Rwanda kubera ubwoba bw’ingaruka z’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo. Kugeza ubu cyacogoye, barimo gusubira iwabo....
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibiganiro bigeze kure harebwa uburyo inkingo za COVID-19 zatangira gukorerwa muri Afurika, mu Rwanda by’umwihariko, nk’uburyo bwatuma zirushaho kugera ku bazikeney...
Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko umunsi wa siporo rusange umaze kumenyerwa nka Car Free Day ugiye kugaruka, buri wese akazajya ayikora ku giti cye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda C...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Gicumbi yafatiye abantu 14 mu Murenge wa Rwamiko uri mu kato kubera ubwandu bwa COVID-19, barahinduye ingo zabo utubari abandi bakagurishiriza inzoga mu mashyamb...
Komisiyo yashyizweho na Perezida Samia Suluhu ngo ikore isesengura ku cyorezo cya COVID-19, kuri uyu wa Mbere yamugejejeho raporo ndetse imugaragariza bimwe mu bikwiye gushyirwamo imbaraga mu guhangan...
Imirimo yo kwagura Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal yongerewe imbaraga, nyuma y’uko bibonye inguzanyo ya miliyoni $14 Frw yatanzwe na Banki y’Ubucuruzi n’Iterambere ya Afurika y’Iburasirazuba n’Amajyep...
Muri iki gihe Akarere ka Karongi n’Akarere ka Gicumbi nitwo turere tubarurwamo Abanyarwanda benshi banduye COVID-19. Muri Karongi umwe mu mirenge yashyizwe muri Guma mu rugo ni uwa Bwishyura. Amakur...
Guverinoma ya Gabon iri mu biganiro n’Ubunyamabanga bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth, harebwa niba yaba umunyamuryango mushya. Ibyo biganiro byakomeje kuri ...
Umuvugizi wa Polisi Commissioner of Police John Bosco Kabera yavuze ko hari igihe yigeze kumanura agapfukamunwa avugana n’abanyamakuru ariko bamukebuye arabireka. Yabyanditse kuri Twitter nyuma ...
Mu rwego rwo gufasha abikorera kuzahura ubukungu bwabo n’ubw’igihugu muri rusange, Leta y’u Rwanda yashyizeho Ikigega Nzahurabukungu kigamije gushyiriraho abikorera uburyo bworoshye bwo kongera guteza...









