Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije avuga ko kugira ngo ubuzima buzabe bwasubiye mu buryo, umwaka wa 2021 uzarangira harakingiwe Abanyarwanda miliyoni eshanu muri miliyoni zirindwi zagomba gukingir...
Mu mezi make ashize, uvuye muri Bangladesh, ukambuka muri Nepal ukagera no mu Rwanda, abantu batunguwe no kumva ko inkingo za COVID-19 zabaye nke, bityo ko izari zibagenewe ‘zitakibonetse ku gihe.’ Im...
Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije avuga ko kugira ngo ubuzima buzabe bwasubiye mu buryo, umwaka wa 2021 uzarangira harakingiwe Abanyarwanda miliyoni eshanu muri miliyoni zirindwi zagomba gukingir...
Inama y’abaminisitiri yemeje ko ingendo zemewe guhera saa kumi za mu gitondo kugeza saa tatu z’ijoro, nyuma y’iminsi zemewe kugeza saa yine. Ni ingamba zafashwe mu rwego rwo gukumira ikwirakwira ry’ub...
Uruganda Sulfo Rwanda Industries rukora ibintu bitandukanye rwafunzwe mu gihe cy’icyumweru, nyuma yo kugaragaramo umubare munini w’abakozi banduye COVID-19. Hemejwe ko abakozi b’uru ruganda bazasubira...
Perezida Paul Kagame yavuze u Rwanda rushobora gufata ingamba zikomeye kubera ubwandu bwa COVID-19 bwongeye kuzamuka hirya no hino, ndetse n’imibare y’abandura mu Rwanda ica amarenga. Urugero nko ku C...
Ikigo cy’indege cy’u Rwanda, RwandAir, cyahagaritse ingendo zigana ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cya Entebbe muri Uganda, kubera izamuka rikabije ry’ubwandu bwa COVID-19 mur...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko inkingo 50.300 za Pfizer zagejejwe ku bigo nderabuzima n’ibitaro bya Leta hirya no hino mu Rwanda, zikazatangira guhabwa abantu batandukanye kuri uyu wa Kabiri. Minis...
Senegal ishobora gutangira gukora inkingo za COVID-19 guhera mu mwaka utaha, binyuze mu masezerano n’ikigo Univercells cyo mu Bubiligi. Ni uburyo bwitezweho kongera inkingo zigenewe Abanyafurika. Kuge...
Croix Rouge y’u Rwanda yageneye imiryango isaga 2500 yo mu Ntara y’Iburasirazuba inkunga yo gukemura ibibazo by’ibanze, izakurikirwa n’amafaranga yo gukora imishinga itandukanye. Ni igikorwa kigamije ...








