Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangiye kohereza muri Afurika inkingo za COVID-19 zisaga miliyoni 15, nk’igice cy’inkingo miliyoni 80 icyo gihugu giheruka kwemera gusaranganya n’amahanga bitarenze Kame...
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rugeze kure ibiganiro n’abaterankunga b’umushinga wo gukorera inkingo za COVID-19 mu gihugu, mu rwego rwo gutuma uyu mugabane ubasha kubona izihagije. Ntabwo ha...
Amasaha y’ingendo yashyizwe hagati ya saa kumi za mugitondo kugeza saa moya z’ijoro, hagamijwe gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. Ni umwe mu myanzuro yafatiwe mu nama idasanzwe y’abaminisi...
Perezida Paul Kagame yayoboye inama y’abaminisitiri idasanzwe, isuzumira hamwe ingingo zirimo ingamba nshya zo kurwanya Covid-19 mu gihugu. Ni inama ibaye mu gihe ubwandu bushya bwa Covid-19 buk...
U Bushinwa na Australia bimaze igihe birebana ay’ingwe. Ni ibihugu biri mu bifite ubukungu buhagaze neza ariko muri iki gihe ubw’Australia bumerewe nabi kubera ikomanyirizwa yafatiwe n’u Bushinwa ku b...
Croix Rouge y’u Rwanda yageneye abaturage 2565 bo mu Ntara y’Iburasirazuba 180.000 Frw buri muntu, yo kwifashisha mu mishinga yatoranyijwe no gukemura ibibazo by’ibanze, mu guhangana n’ingaruka za COV...
Uganda ikomeje kugira umubare munini w’abanduye Covid-19, ku buryo ibitaro byinshi byakirirwamo abarwayi byamaze kuzura. Guverinoma yitabaje guma mu rugo y’iminsi 42 nk’uburyo bwa nyuma bwafasha mu gu...
Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 26 bafashwe batwaye ibinyabiziga banyoye ibisindisha, bamwe banarengeje isaha ya saa tatu z’ijoro yo kuba bageze aho bataha nk’uko amabwiriz...
U Bushinwa bukomeje gukora amateka mu buryo bwo guhangana n’icyorezo cya COVID-19, aho bwarengeje miliyari 1 y’abaturage bamaze guhabwa urukingo. Komisiyo y’igihugu ishizwe ubuzima (NHC) kuri iki Cyum...
Imiryango nka Kepler na GiveDirectly ikorera mu Rwanda, iri ku rutonde rw’indi 286 yatoranyijwe n’umuherwe MacKenzie Scott, ngo ihabwe ku nkunga ya miliyari $2.73 yemeye gutanga mu bikorwa by’ubugiran...









