Abanyeshuri 32 bagizwe na ba Ofisiye bakuru muri Polisi, Urwego rw’Imfungwa n’Abagororwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha basoje amasomo mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda, barimo abahawe impamyabumenyi ...
Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi igaragaza ko mu ngengo y’imari y’umwaka wa 2021/22 hateganyijwemo miliyari 107.7 Frw, zizashyirwa mu mushinga wo gukingira icyorezo cya COVID-19 mu gihugu. Ni kimwe m...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yavuze ko ubushakashatsi bwamaze kwerekana ko COVID-19 ikwirakwira mu mwuka, bityo abantu bashishikarizwa gukorera imirimo yabo ahantu hari umwuka wo hanze uhagi...
Hoteli 13 na resitora 40 zimaze kujya ku rutonde rw’izigomba kwakira gusa abantu bipimishije COVID-19 bagasanga ari bazima, nk’uko bigaragazwa n’amabwiriza mashya ya Minisiteri y’Ubuzima n’Urwego rush...
Imiryango 130 yorojwe inka na Croix Rouge y’u Rwanda mu Karere ka Kirehe mu Ntara y’Ibirasirazuba ikomeje guhindura ubuzima, ku buryo igera kuri 45 yamaze kwitura, yoroza abandi batari bafite ubushobo...
Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Peter Vrooman yahaye inzego z’ubuzima z’u Rwanda ibikoresho 100 bireba mu muhogo bigafata amacandwe aherwaho bapima ubwandu bwa COVID-19. Babyita video laryngoscopes. Ya...
Umujyi wa Kigali wafashe icyemezo cyo gufunga imihanda itatu yo mu Biryogo mu Karere ka Nyarugenge, ihindurwa ahantu resitora zizajya zakirira abantu bahanye intera. Ni icyemezo cyafashwe mu kwirinda ...
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Dr Uzziel Ndagijimana yagejeje ku Nteko Ishinga amategeko ingengo y’imari y’umwaka wa 2021/22, izagera kuri miliyari 3807 Frw. Iziyongeraho miliyari 342.2 Frw, binga...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko abantu 40 bari mu bitaro ku buryo bakeneye kwitabwaho mu buryo bwihariye, barimo batandatu barembye kubera icyorezo cya COVID-19. Imibare y’abanduye...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 22, Kamena, 2021 Dr Daniel Ngamije yavuze ko nta makuru inzego z’ubuzima z’u Rwanda ziramenya y’uko ubwoko budasanzwe bwa COVID-19 buvugwa mu Buhinde n’ahandi bwageze mu Rwan...









