Kuri uyu wa Kabiri hafashwe ibyemezo bikomeye mu Mujyi wa Kigali n’utundi turere umunani, aho ibiro bya leta n’abikorera, amashuri, insengero n’amakoraniro byafunzwe, kubera izamuka ...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko guhera ku wa 1 Nyakanga ibiro bya Leta n’iby’abikorera mu Mujyi wa Kigali n’utundi turere umunani bizafungwa, kubera ubwiyongere bukabije bw’ubwandu bwa COVID-...
Inzego z’ubuzima mu Rwanda zimaze iminsi zipima ubwandu bwa COVID-19 harebwa niba nta coronavirus yihinduranyije irimo gukwirakwira mu baturage, gusa ntakiremeza ko ihari nk’uko ibipimo by’ibanze bibi...
Imibare y’abandura COVID-19 igaragaza ko hari abakingiwe ariko bakomeje kwirara, ku buryo imibare y’abandura ikomeje kuzamuka uko bwije n’uko bukeye. Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, Dr...
Minisitiri w’Ingabo w’u Bwongereza Ben Wallace n’abayobozi bakuru batandatu b’ingabo basabwe kujya mu kato k’iminsi 10 iwabo mu ngo, nyuma yo guhura n’Umugaba Mukuru w’Ingabo bikaza kugaragara ko yand...
Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Ubuzima Dr Nsanzimana Sabin yavuze ko u Rwanda ruri mu biganiro n’abakora ibikoresho bipima COVID-19, ku buryo mu minsi mike ibiciro byo kwipimisha bizagabanyuka cyane, aba...
Minisitiri w’Ubuzima w’u Bwongereza Matt Hancock yeguye kuri uyu wa Gatandatu azira kurenga ku mabwiriza yo guhana intera mu kwirinda COVID-19, agasomana n’umujyanama we. Mu ibaruwa yandikiye Minisiti...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu ahagana saa munani z’amanywa yafashe abantu 13 bari muri Sauna n’undi umwe ufite ubwandu bwa COVID-19 wari muri resitora bifatanye. Bafatiwe mu Kar...
Augustin Ngirabatware, Anselme Nzabonimpa, Jean de Dieu Ndagijimana na Marie Rose Fatuma bahamijwe icyaha cyo gusuzugura urukiko, mu rubanza rwaburanishwaga n’Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga ...
Minisiteri y’ibikorwa remezo yasohoye amabwiriza ko abakora kuri site z’ubwubatsi bagatagomba kurenga 50%. Ni amabwiriza bagomba gukurikiza birinda kwanduzanya COVID-19 Itangazo rya Minisiteri y’ibi...









