Ubuyobozi bw’umurwa mukuru wa Koreya ya ruguru witwa Pyongyang bwategetse abaturage kuguma mu ngo zabo mu gihe cy’iminsi itanu(5)birinda kwanduzanya indwara ‘yandurira mu buhumekero.’ Nta ...
Abahanga b’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima bagiye guterana bemeranye uko isi ikwiye kwifata ku cyorezo COVID-19 kimaze iminsi cyubuye umutwe mu Bushinwa. U Bushinwa bumaze iminsi buf...
Imiryango imwe n’imwe itsimbaraye ku myemerere ya kidini yo mu Murenge wa Kabarondo, Akagari ka Rusera mu Karere ka Kayonza, ivugwaho gukura abana mu ishuri ngo ntibihuje n’imwemerere yabo. Bavu...
Ikigo cy’Igihugu cy’imisoro n’amahoro cyatanze italiki ntarengwa y’uko abantu bose batagicuruza kubera impamvu runaka, bagomba no kuba bahagaritse nomero batangiragaho umusoro zizwi ku izina rya TiN N...
Iyi ni imwe mu ngingo nyinshi Perezida Kagame ne Minisitiri w’Intebe wa Barbados Madamy Mia Amor Mottley bagarutseho mu kiganiro bagiranye n’abanyamakuru nyuma y’ibiganiro bagiriye mu mwiherero. Mbere...
Umugabo witwa Jean de Dieu Ihorahabona yatawe muri yombi n’Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, rumukurikiranyeho icyo rwise ‘ubufatanyacyaha’ ku cyaha cyo guhimba, guhindura inyandiko no gukore...
Kubera impamvu zitandukanye zishobora kuba zirimo n’ibibazo by’imari itifashe neza, ibigo 51 byakoreraga ubucuruzi mu Rwanda byasabye Urwego rw’igihugu rw’iterambere ko byakurwa ku rutonde rw’ibikorer...
Abibwira ko COVID-19 yatsinzwe burundu bashobora kuba bibeshya cyane. Abahanga mu bya virusi bavuga ko isi yagombye kwitegura ubundi bwandu bushya bwa COVID-19 bise BQ.1 na BQ.1.1 Ni ubwandu bukomoka...
Kuri uyu wa Gatanu taliki 07, Ukwakira, 2022 Minisiteri y’imari n’igenamigambi yasinyanye n’Ikigega mpuzamahanga cy’imari amasezerano y’inguzanyo ya Miliyoni $ 310 azafasha u Rwanda kubaka ubukungu b...
Byasaga n’aho gutaramira Abarundi byari bitagishobotse kuri Bruce Melodie wari umaze hafi iminsi itatu aburabuzwa n’umushoramari witwa Toussaint Bankuwiha wamuteje Polisi ngo imufunge kubera ko yamwam...









