Mu Bitaro bya Kibagabaga biri mu Murenge wa Kimironko, Akarere ka Gasabo hari abarwayi ba COVID-19 babana n’abarwaza babo kandi bitemewe. Umwe muri bo avuga ko amaze hafi Icyumweru mu cyumba aba...
Ubwandu bushya bwa COVID-19 bwatumbagiye mu Rwanda, nyamara si ikibazo cyarwo gusa gusa ahubwo Afurika yose iragisangiye. Bwa mbere mu Rwanda kuri uyu wa Kane yishe abantu 10 mu munsi umwe, nyuma y’im...
Ubushakashatsi bwakozwe n’abaganga bo mu Rwanda bwerekanye uburyo guhurira ahantu hafunganye mu tubyiniro n’ibirori byo mu ngo byakwirakwije COVID-19, guhera mu minsi ya mbere ikigera mu gihugu. Ni ub...
Taarifa yabajije Dr Aimable Mbituyumuremyi ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Malaria mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima aho ubwandu bwayo buhagaze mu Rwanda avuga ko Malaria igihari kandi ifata benshi. Avuga ...
Polisi y’u Rwanda yavuze ko itazihanganira abantu bakomeje kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19, mu gihe ubwandu bushya buri kwiyongera mu gihugu. Yatangaje ko hashingiwe ku byemezo Guverinoma ya...
Umuryango w’ibihugu by’i Burayi waraye usinyanye na Guverinoma y’u Rwanda amasezerano yo gufasha u Rwanda mu rugendo rwo kubaka uruganda rukora inkingo. Nicola Bellomo uhagarariye uriya muryango w’Aba...
Abantu basaga 800 bo mu Mujyi wa Kampala muri Uganda bimaze kumenyekana ko kuva mu kwezi gushize batewe inkingo ziswe iza COVID-19 kandi ari magendu, none bamwe bamaze kwitaba Imana. Muri iki gihe Uga...
Komite Olempike y’u Rwanda yahagaritse Muhitira Felicien uzwi nka Magare mu bazahagararira u Rwanda mu mikino Olempike izabera i Tokyo mu Buyapani, azira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19. Muh...
Imibare y’imiterere y’ubwandu bwa COVID-19 ikomeje gutumbagira mu Rwanda, ku buryo nko mu minsi icumi ishize guhera ku wa 20 Kamena habonetse abantu bashya 7385 banduye COVID-19, hapfa 49. Ni imibare ...
Umujyi wa Musanze ni uwa Kabiri mu bunini n’ibikorwa biwukorerwamo ugereranyije n’umujyi wa Kigali, Umurwa mukuru w’u Rwanda. I Musanze hari amajyambere utapfa kubona mu yindi mijyi itari Umujyi wa Ki...









