Mu gihe mu bihugu byinshi amabwiriza akomeje gukazwa mu gukumira ikwirakwira rya COVID-19, Guverinoma y’u Bufaransa yemereye utubyiniro kongera gufungura nyuma y’amezi hafi 16 dufunze, guhera ku wa 14...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije yatangaje ko mu Rwanda hamaze kugera coronavirus zihinduranyije, nk’impamvu ikomeye irimo gutuma umubare w’abaremba n’abapfa urushaho kuba munini. Kuva mu ...
Minisiteri y’Ubuzima yemeje ko ibipimo bifatwa bigaragaza ko mu Rwanda hari coronavirus yihinduranyije yo mu bwoko bwa Delta, ari nayo irimo gutuma abarwara COVID-19 baba benshi kurusha uko byari bisa...
Icyo Taarifa yamenye ni uko hari ahantu henshi mu mujyi wa Kigali bari basanzwe bapima COVID-19 abaturage bagiye kwipimisha basanga nta bikoresho byo kubapima bihari. Hari umuturage umwe wahuye n̵...
Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ubuvuzi bw’Ibanze Dr Lt Col Mpunga Tharcisse yavuze ko n’ubwo inkingo za COVID-19 zitanga ubushobozi bwo kutaremba, hari umwe mu bahawe inkingo zombi uri mu bitaro...
Guhana intera byabaye bumwe mu buryo bwiza bwafashije abantu benshi kutandura cyangwa ngo banduzanye icyorezo COVID-19. Ku rundi ruhande ariko, ubwonko bw’abantu muri rusange byarangiritse k’uburyo ab...
Abakora mu rwego rw’ubuzima muri Koreya y’Epfo batangaje ko bari mu biganiro n’ibigo byo muri Amerika n’u Burayi kugira ngo bayifashe gushinga uruganda rukora inkingo za COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfize...
Perezida Paul Kagame yasabye abaturarwanda kurushaho kubahiriza ingamba zo guhangana na COVID-19, mu gihe hakomeje imyiteguro iganisha ku kubaka uruganda ruzakora inkingo z’icyo cyorezo n’indi miti ik...
Banyarwanda, Nshuti z’u Rwanda, ndabasuhuje mwese kandi mbifurije umunsi mwiza wo Kwibohora. Imyaka 27 irashize Abanyarwanda twishyize hamwe, tubohora igihugu cyacu. Kuva icyo gihe twiyemeje gukorera ...
Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’ibihugu bikoresha Igifaransa Madamu Louise Mushikiwabo avuga ko icyorezo COVID-19 cyatumye abatuye Isi babona ko burya bose ari bamwe, ko ibyago by’umuturanyi biba b...









