Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko imiryango yabaruwe ko izakenera ibiribwa muri guma mu rugo igera ku bihumbi hafi 211, bikazatangwa hagendewe ku mubare w’abagize umuryango. Kuri uyu wa ...
Kubera ubwiyongere budasanzwe bwa COVID-19 mu Mujyi wa Kigali no mu Turere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro, inama y’abaminisitiri yafashe icyemezo ...
Polisi yatangaje ko nyuma yo gufatira mu Karere ka Musanze abantu 24 barenze ku mabwiriza bakajya mu birori byo gutegura umukobwa wenda gushyingirwa, bategetswe kwipimisha COVID-19 habonekamo batatu b...
Ibitaro bizwi nka Baho International Hospital byo mu Mujyi wa Kigali byasabye imbabazi ku mitangire mibi ya serivisi imaze igihe ibivugwamo, yamaganywe cyane kuva mu minsi ishize binyuze ku mbuga nkor...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu minsi iri imbere hazakorwa igenzura ku bushobozi bwo kugenzura ikorwa ry’inkingo za COVID-19, hagamijwe kureba niba hari ubushobozi buhagije bwo gukurikirana ko zu...
Ihuriro Mpuzamahanga ry’Inkingo (GAVI) kuri uyu wa Mbere ryatangaje ko ryagiranye amasezerano n’ibigo bibiri byo mu Bushinwa bikora inkingo za COVID-19, yo kugura inkingo miliyoni 110 ariko zishobora ...
Nk’uko umuntu ashobora kugura igipimo agasuzuma ubwe niba atwite cyangwa afite virusi itera SIDA, niko mu minsi mike abaturarwanda bazatangira kwisuzuma ubwabo SARS-CoV-2, virusi ikomeje gukongeza icy...
Minisiteri y’Ubuzima yaguze imashini 26 zitanga umwuka uhabwa indembe, mu gihe abandura n’abazahazwa na COVID-19 ukomeje kuba munini uko bwije n’uko bukeye. Mu kwezi gushize iyi minisiteri yatangaje k...
Igihe cy’ibizamini bya Leta bisoza uyu mwaka w’amashuri mu byiciro bitandukanye cyageze. Kuri uyu wa Mbere byatangiriye ku basoza amashuri abanza bagera ku 254,678, bikazakomereza ku bindi byiciro. Ni...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima Dr Mpunga Tharcisse yavuze ko abantu hafi 180 barembejwe na COVID-19 ku buryo barimo kongererwa umwuka, asaba abaturarwanda kurushaho kwirinda. Ni imiba...









