Inganda za Pfizer na BioNTech zasinye amasezerano n’ikigo Biovac Institute cyo muri Afurika y’Epfo, azatuma gikora inkingo za COVID-19 zigera kuri miliyoni 100 ku mwaka, zigenewe umugabane wa Afurika....
Perezida Paul Kagame yakiriye Meya w’Umujyi wa Paris mu Bufaransa, Anne Hidalgo, ari na we uyoboye Ihuriro ry’abayobozi b’imijyi y’ibihugu bikoresha Igifaransa bari mu Rwanda mu nama ya 41 y’iryo huri...
Kubera ko indwara ya COVID-19 yibasira ibice by’umubiri bifite aho bihurira n’amazuru, bamwe mu bayirwaye ikabazahaza ndetse bikaba ngombwa ko bongererwa umwuka, ubushakashatsi bwagaragaje ko hari aba...
Ibipimo bya Minisiteri y’Ubuzima byagaragaje ko Umujyi wa Kigali ukomeje kwibasirwa n’icyorezo cya COVID-19, nyuma y’uko ibyafashwe kuri iki Cyumweru bigaragaje abantu 2225 bashya banduye. Bivuze ko a...
Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) cyemeje ko abantu 10 muri 239 bafashwe barimo gusengera mu buryo butemewe n’amategeko ku musozi wa Kanyarira mu Karere ka Ruhango, basanzwemo COVID-19. Kuri uyu wa Ga...
Mu rwego rwo kureba uko igikorwa cyo gupima uko ubwandu buhagaze mu batuye utugari tw’imirenge yose ya Kigali kiri kugenda, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu JMV Gatabazi yagiye mu Kagari ka Rukatsa,...
Abakuru b’ibihugu 15 by’Afurika harimo n’u Rwanda ejo tariki 16, Nyakanga 2021 bakoze inama mu buryo bw’ikoranabuhanga bari kumwe n’ubuyobozi muri Banki y’Isi bavug...
Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kuvuga byinshi nyuma y’imyanzuro yatangajwe n’Urwego rw’Iterambere (RDB) ku mabwiriza ajyanye na Guma mu rugo iteganyijwe ku wa 17 – 26 Nyakanga 2021 mu ...
Guhera kuri uyu wa Gatandatu, abaturarwanda bazinjira mu minsi 10 yo kuguma mu rugo nka bumwe mu buryo bwo guhagarika ikwirakwira rikabije ry’ubwandu bushya bwa COVID-19. Kubera ko ubuzima bw’abantu b...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko hari abantu bakeya bakingiwe COVID-19 ariko bayandura bakaremba ndetse bagapfa, bitewe n’indwara zikomeye bari basanganywe. Yabigarutseho kuri uyu w...









