Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga avuga ko mu Cyumweru kizatangira tariki 02, Kanama, 2021 hari Abanyarwanda bazakingirwa icyorezo COVID-19. Ni icyemezo kizashyirwa m...
Uyu mugabo uri mu bashinze itsinda rya Muzika yitwa Groupe Kassav ryo mu kirwa cya Guadeloupe yitabye Imana afita imyaka 65 y’amavuko. Abakurikiranye umuziki mu myaka ya 1980 kuzamura, bamuzi mu ndiri...
Inama y’abaminisitiri yemeje ingamba nshya zo gukumira ikwirakwira rya COVID-19, aho guma mu rugo yaherukaga gushyirwaho mu Mujyi wa Kigali n’Uturere umunani yakuweho. Imyanzuro yafashwe kuri uyu wa G...
Minisitiri w’umutekano mu Burundi Gervais Ndirakobuca yatangaje ko icyemezo cyo kwakira inkingo za COVID-19 nta mbaraga cyangwa amafaranga na make leta izagishoramo, ndetse abazikingiza ntibazagire ic...
Perezida Lazarus Chakwera wa Malawi kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru yataramiweho na benshi ku mbuga nkoranyambaga, ubwo yerekezaga mu Bwongereza mu nama yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga kubera icyo...
Perezida Paul Kagame yasabye abikorera hagati ya Afurika na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kurushaho gushakisha amahirwe y’ubufatanye mu ishoramari, by’umwihariko hakitabwa ku rubyiruko rubona ibisubizo...
Minisiteri y’Umutekano mu Burundi yatangaje ko ibitaramo umuhanzi w’indirimbo zihimbaza Imana, Israel Mbonyi, yifuzaga gukorera muri icyo gihugu bitazaba, kubera ko nta burenganzira bw’ubu...
Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko hari imirenge imwe n’imwe yo mu Ntara yashyize muri Guma mu rugo. Iyi Minisiteri ivuga ko byatewe n’ubwiyongere bw’icyorezo COVID-19 bumaze kuhaga...
Umuyobozi w’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) Dr. Nsanzimana Sabin yavuze ko hari abantu barimo gukoresha uruvangitirane rw’ibyatsi bavuga ko barimo kwirinda cyangwa kwivura COVID-19, ibintu ngo bisho...
Ibipimo bimaze iminsi bifatwa na Minisiteri y’Ubuzima byerekanye ko hejuru ya 56% by’ubwandu bushya bwihariwe na coronavirus yihinduranyije ya delta, habonekamo na 13% y’ubwandu bwa coronavirus yihind...









