Indege ya Qatar Airways yageze ku kibuga cy’indege cy’i Kabul ijyanyeyo ibikoresho byo gufasha mu kurwanya COVID-19. Niyo nkunga ya mbere yo gufasha urwego rw’ubuzima bwa kiriya gihugu ihageze guhera ...
Mu masaha ya mbere ya saa sita kuri uyu wa Mbere tariki 13, Nzeri, 2021 itsinda ry’abashyitsi bo mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba riyobowe na Hon Christophe Bazivamo ryasuye Akarere ka Rubavu. ...
Umusore ubarizwa mu rubyiruko rw’abakorerabushake mu Mujyi wa Kigali yemeye ko yashyize umukobwa ku rutonde rw’abikingije COVID-19, kandi atarigeze ahabwa urukingo. Uwo musore wiga muri imwe mur...
Perezida Paul Kagame yavuze ko kugira ngo u Rwanda rubone ibikenewe byo gutangira uruganda rw’inkingo mu Rwanda byabaye urugendo rutoroshye, ariko ari intambwe itanga icyizere bijyanye n’uburyo ibihug...
Minisiteri y’Ubuzima yavuguruye amabwiriza akurikizwa n’abagenzi binjira cyangwa basohoka mu gihugu mu bihe by’icyorezo cya COVID-19, aho ingingo yateganyaga akato k’iminsi irindwi ku bagenzi bava mur...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu izasubukura ibikorwa byo gutanga urukingo rwa mbere rwa COVID-19 mu Mujyi wa Kigali, ku bantu bafite imyaka 18 kuzamura. Iyi minisiteri yahe...
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ibyago byo kunanirwa kwishyura inguzanyo bikomeje kwiyongera bitewe n’icyorezo cya COVID-19, aho igipimo cy’inguzanyo zishyurwa nabi cyageze kuri 5.7 ku...
Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yageneye u Rwanda inkingo 488,370 z’icyorezo cya COVID-19 zo mu bwoko bwa Pfizer, zirimo igice cy’inkingo miliyoni 500 icyo gihugu cyemeye guha ibihugu bitan...
Leta y’u Rwanda yateye intambwe ikomeye mu mushinga wo gukorera mu gihugu inkingo za COVID-19 n’ibindi bikoresho byo kwa muganga, binyuze mu masezerano y’ubufatanye n’Ikigega cya Banki y’Isi gitera in...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko ryahaye u Rwanda amacupa 225 akoreshwa mu guha abarwayi umwuka wa “oxygen”, azifashishwa cyane mu kwita ku barwayi ba CO...







