Muri iki gihe, COVID-19 cyangwa se wenda isa nayo iravugwa mu Rwanda ku kigero gito cy’ubwandu ariko gishobora kwaguka. Ubwo yadukaga ikagarika ingogo mu myaka yaza 2020 -2022, imwe mu ngamba zo kuyir...
Umuyobozi wa BDF Vincent Munyeshyaka yatangaje ko ikigo ayoboye cyageneye ibigo by’Imirenge SACCO Miliyari Frw 30 zo guha abakiliya bazo bafite imishinga mito n’iciriritse ariko ikoze neza, bakazayish...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare, NISR, ku byerekeye uko abantu batega indege mu ngendo zikorerwa imbere mu gihugu yerekana ko mu mwaka wa 2020, abantu 5.922 ari bo bakoreye ...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko ubukungu bw’u Rwanda bwa nyuma ya COVID-19 bwihagazeho. Imibare yahaye abagize Inteko ishinga amategeko, imitwe yombi, igaragaza ko guhera mu mwaka w...
Ibigo 26 bitanga serivisi zo gutwara abagenzi muri bisi bikomeje gutaka kwamburwa miliyari nyinshi byijejwe na Leta, amezi akaba abaye atanu. Ikibabaje ni uko bambuwe ayo mafaranga, ariko ubu hakaba ...
Ambasaderi w’Amerika mu Rwanda Eric W. Kneedler yaganiriye na Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon François Xavier Kalinda uko Washington yarushaho gukorana na Kigali mu mishinga impande zombi zihuriyeho....
Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni yavuze ko umugore we Janet Museveni yakize COVID-19 nyuma y’iminsi irindwi yari amaze ayirwaye. Yabitangarije ku rukuta rwe rwa X. Museveni yanditse ati: “ Ba...
Kuri X Pasiteri Rick Warren yatangaje ko azagera mu Rwanda mu mpera z’Ugushyingo, hakazaba ari taliki 28, akazahava taliki 02, Ukuboza. Yanditse ati: “ Nshuti zanjye ziba mu Rwanda, mbafitiye amakuru ...
Ubuyobozi mu byerekeye ubuzima n’ubuvuzi mu Rwanda buvuga ko imwe mu ngamba u Rwanda rwafashe, ari ukuba ahantu hakorerwa imiti n’inkingo bihagije; bizafasha abatuye Afurika kubona imiti n’inkingo bih...
Kuri uyu wa Mbere taliki 13, Werurwe, 2023 nibwo u Rwanda ruri bwakire ibisanduku bya rutura bizubakwamo inganda zikora inkingo harimo n’urwa COVID-19. Amakuru aturuka ku kibuga cy’indege cya Kigali ...









