Mu Mujyi wa Kigali harabera inama y’iminsi itatu ihuje abahanga mu binyabuzima baturutse muri Afurika ngo bige uko udukoko tuva mu bidukikije tutakomeza kwanduza abantu. Ni inama yitwa SBA 4.0 SynBio ...
Umuyobozi w’imwe muri Banki zikomeye ku isi yitwa JP Morgan yo muri Amerika witwa Jamie Dimon avuga ko intambara iherutse kwaduka hagati ya Israel na Hamas izasonga ubukungu bw’isi bwari busanzwe bara...
Polisi y’u Rwanda itangaza ko mu minsi ine ishize hasohotse amabwiriza mashya yo kwirinda COVID-19 harimo na Guma mu Karere na Guma mu Mujyi wa Kigali, abantu 35 000 bafashwe bayishe. Umuvugizi wayo C...
Perezida Duterte wa Philippines yaburiye abaturage b’igihugu cye ko uzanga gukingirwa COVID-19 azafungwa. Yababwiye ko Polisi ifite kasho na gereza bihagije bityo abasaba kumvira amabwiriza, bakemera ...
Ni umubare uri hejuru kuko bivuze ko mu Banyarwanda batanu, umwe aba afite ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe. Ubu bushakashatsi bwaraye butangajwe n’abakozi b’Ikigo cy’Igihugu cy’ubuzima, RBC, mu ishami...
Perezida Paul Kagame yavuze ko ibihugu ‘bimwe’ bikomeje kugaragaza uburyarya mu kugura inkingo za COVID-19. Yavuze ko ibi bangamiye gahunda yashyizweho yogufasha ibihugu bikennye kubona inkingo ...
Abanyarwanda barimo abakora mu nzego z’ubuzima n’abandi bakora mu byiciro byihariye batangiye gukingirwa COVID-19. Ni amakuru twakuye kuri bamwe mu bakora mu nzego z’ubuzima, ariko RBC yo yabwiye Taar...
Abashakashatsi bo mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi batangiye akazi ko gusuzuma Laboratoire y’i Wuhan bivugwa ko ariyo yakorewemo coronavirus yaje kwitwa COVID-19. Bari bamaz...
Kuva Icyorezo COVID-19 yagera mu Rwanda muriWerurwe 2020 ni ubwa mbere rupfushije abantu icyenda bazira iriya ndwara. Ubu u Rwanda rumaze gupfusha abantu 162. Abantu bose bamaze kwandura COVID-19 ni ...
Mu Karere ka Karongi hari abaturage babwiye Taarifa ko bagenzi babo basangirira urwagwa cyangwa ikigage bakoresheje umuheha umwe. Impungenge ni uko bazanduzanya COVID-19 hamwe n’izindi ndwara ziterwa ...









