Batatu barimo uwari ushinzwe umutekano wa Perezida wa Benin Patrice Talon bafunzwe bakekwaho gutegura umugambi wo kumuhirika ku butegetsi. Umushinjacyaha mukuru muri iki gihugu avuga ko undi muri abo ...
Umwe mu bakurikiranyweho uruhare mu gushaka guhirika Felix Tshisekedi bikanga, yabwiye urukiko ko byari umugambi watangiye gupangwa mu mwaka wa 2017, bitangirira muri Swaziland y’icyo gihe, ubu ni mu ...
Polisi ya Bolivia yafashe abantu bari bagiye guhirika ubutegetsi bwa Boliviia. Abo bantu bari bazindutse bagana aho Ibiro by’Umukuru w’igihugu biherereye mu Murwa mukuru La Paz. Abapolisi ...
Taarifa ifite amakuru ko hari abantu bitwaje intwaro bagaragaye muri Perezidansi ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo bafiten’ibendera ry’iki gihugu. Bikekwa ko bashakaga guhirika ubutegetsi n’u...
Perezida wa Guinea Bissau yatangarije BBC ko amasasu aherutse kuvugira mu murwa mukuru yari ay’abantu bashakaga guhirika ubutegetsi ariko biranga. Byabaye ku wa Gatanu ubwo yari yitabiriye inama...
Abasirikare batangaje ko bafashe ubutegetsi babwambuye ku ngufu Ali Bongo. Babitangarije kuri Televiziyo y’igihugu, bavuga ko batemera ko Ali Bongo akomeza kuyobora Gabon nk’uko byari biherutse gutang...
Hari abashingira ku ijwi riri kuri Telegram bivugwa ko ari iby’umuyobozi wa Wagner witwa Evgueni Prigojine avuga ko ashyigikiye coup d’état iherutse kubera muri Niger, bakemeza ko Uburusiya ari bwo bw...
Amakuru atangazwa na Reuters avuga ko hari abasirikare bari basanzwe barinda Perezida wa Niger witwa Mohamed Bazoum bamufungiye mu Biro by’Umukuru w’igihugu. Ikindi kivugwa ni uko imihanda yose igana ...
Abajenerali barenga 20 barimo abari mu kiruhuko cy’izabukuru baraye banditse ibaruwa ifunguye igenewe Perezida Emmanuel Macron bamuburira ko niba atagaruye umutekano mu gihugu ngo atsinde burundu abak...








