Abasigajwe inyuma n’amateka bo mu Mudugudu wa Rwufe mu Kagari ka Mujuga mu Murenge wa Kitabi mu Karere ka Nyamagabe basaba ubuyobozi kubaha aho kwigira gusoma no kwandika, ariko ubuyobozi bukavuga ko ...
Hari umugabo wafatwaga nk’aho ari we wenyine wari usigaye ahagarariye abo bahuje ubwoko ku isi wapfuye. Uyu mugabo yarasanzwe aba mu ishyamba rya Amazone muri Brazil aho yabagaho ahora yihisha kandi y...

