Mu ruzinduko arimo mu Birwa bya Bahamas Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye ahawe igihembo cy’umuntu w’Indashyikirwa. Yagihawe n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Bahamas witwa Cornelius Smith ari kumwe na Mi...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abayobozi bitabiriye inama nyobozi y’Umuryango w’ibihugu bivuga Icyongereza Commonwealth, ko bigomba gukomeza gukorana mu nyungu z’ababituye cyane cyane urubyiruko. ...
Perezida Paul Kagame yaganiriye n’Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umuryango w’ibihugu bivuga Icyongereza witwa Patricia Scotland. Ku rukuta rwa Twitter rwa Perezidansi y’u Rwanda handitse ko abayoboz...
Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40 yaraye acunze ku jisho abapolisi bari barinze umugogo w’umwamikazi Elisabeth II asimbukira ku isanduku uruhukiyemo agira ngo ashikanuze igitambaro kiwutwikiriye. Icy...
Nyuma y’uko abaganga batangaje ko ubuzima bw’Umwamikazi w’u Bwongereza Elisabeth II bugeze aharenga, ndetse abo mu muryango we bakajya kumuba hafi aho yari arwariye, ubu isi yacitse ...
Nyuma yo gutorerwa kuyobora Ihuriro ry’ibihugu 18 by’Afurika biri mu bufatanye bwo kurwanya ruswa muri Commonwealth, u Rwanda ruvuga ko ruzafasha mu gutuma rigira urubuga rwa murandasi n’iteganyabiko...
Madamu Patricia Scotland usanzwe ari Umunyamabanga uhoraho mu Muryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza Patricia Scotland ari mu Rwanda mu ruzinduko yabonaniyemo na Perezida Paul Kagame. Ku rukuta rwa...
Mu gihe u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu kwizihiza Umunsi wahariwe Commonwealth, kumenya imiterere y’uyu muryango ni ngombwa. Ni umuryango ugizwe n’ibihugu 54 birimo ibikomeye muri politiki y’isi...
Kuri uyu Kabiri mu masaha ya nyuma ya saa sita nibwo inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza Elisabeth II yageze mu Rwanda. Yaje mu ndege ya RwandAir. Nyuma yo kururutswa, yahise yerekezwa aho yagombaga kw...
Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda Hon Omar Daair yatangaje ko inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza igaragaza umurunga uhuza ibihugu bigize Umuryango mugari wa Commonwealth. Daair yavuze ko yishimiye ...









