Prudence Sebahizi yageze i Bujumbura mu Burundi yitabiriye Inama ya 23 y’Isoko Rusange rya Afurika y’Uburasirazuba n’Amajyepfo (Common Market for Eastern and Southern Africa, COMESA) itangira kuri uy...
Dr Bernard Dzawanda ushinzwe iterambere ry’ibikorwaremezo n’imishinga mu isoko ry’ibihugu byo mu Majyepfo y’Afurika, COMESA, avuga ko imishinga Leta zifatanyamo n’abikorera ikiri mike, ikadindira kand...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera inama y’iminsi itatu y’ibihugu binyamuryango bya COMESA kugira ngo abayitabiriye bigire hamwe uko hahuzwa ibiciro byo guhamagarana kw’ababituye. Ni ikintu abayobozi bayi...
Mu Rwanda hari kubera Inama mpuzamahanga y’ibihugu bigize Umuryango wa COMESA igamije kureba uko urwego rw’ikoranabuhanga mu by’itumanaho rwakongererwa imbaraga. Intego ni ukureba uko abikorera bahabw...
Mu rwego rwo gufasha ba rwiyemezamirimo gushora mu mishinga igamije guha abaturage amashanyarazi akomoka ku ngufu zisubira, Banki Nyafurika y’ubucuruzi n’iterambere, Trade and Development Bank, irabah...
Mu Rwanda hari kubera inama yahurije hamwe ibihugu bigize COMESA iri kwigira hamwe uko ibikoresho bitanga ingufu zisubira cyane cyane iziva ku mirasire y’izuba byahabwa ubuziranenge kandi bigakwizwa m...





