Repubulika ya Demukarasi ya Congo ntisiba kuvukamo imitwe y’inyeshyamba ifite amazina atangaje kandi ikorera abaturage ibya mfura mbi. Ubu hadutse uwitwa Zaïre, uvugwaho kwica abantu ukoresheje imihor...
Muri Ituri haravugwa inkuru y’urupfu rw’abasirikare 15 bishwe n’abarwanyi b’umutwe CODECO URDPC. Ubu bwicanyi bwabereye ahitwa Djugu kuri uyu wa Gatanu taliki 27, Mutarama, 2023. Intumwa yihariye y’Um...
Mu kiganiro kihariye Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yahaye Taarifa kubyo Perezida Tshisekedi aherutse gutangaza by’uko u Rwanda ari rwo ntandaro y’umutekano muke mu Kar...


