Abahagarariye Leta zunze ubumwe z’Amerika mu bihugu by’Abarabu baherutse guhamagara mu Biro bishinzwe ububanyi n’amahanga babwira ubiyobora witwa Antony Blinken ko amakuru y’ubutasi abageraho avuga ko...
Donald Trump wigeze kuba Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika mu gihe cya Manda imwe, yaraye asohoye inyandiko yanditswe n’abamwunganira mu mategeko ivuga ko agiye kurega CNN n’ibindi binyamakuru b...
Ikoranabuhanga ryo gutahura isura y’umuntu bita Facial recognition ni bumwe mu buryo inzego z’umutekano zikoresha mu gutahura abagizi ba nabi. N’ubwo iki ubwacyo atari kibi, hari abavuga ko cameras zi...
Umunyamakuru wa CNN witwa Kaitlan Collins yaraye abajije Perezida Joe Biden icyo ashingira ho yemera ko Perezida w’u Burusiya Vladimir Putin ashobora kuzahindura politiki ze kuri USA. Byabaye nk’ibira...
Bwana Richard Austin Quest amaze iminsi runaka asuye ibyiza by’u Rwanda birimo inka z’Inyambo, gusura ingagi mu Birunga, gusura ingoro ndangamurage w’u Rwanda n’Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatuts...
Uwo ni Richard Austin Quest. Yari aherutse gutangaza ko agiye gusura u Rwanda. Hari amafoto ari kuri Twitter yifotoreje hamwe mu hantu nyaburanga ho mu Birunga by’u Rwanda ‘yambaye agapfumunwa&...
Bwana Richard Austin Quest usanzwe ari umwe mu banditsi bakuru ba CNN ishami ry’ubucuruzi yanditse ko ari mu nzira zo kuza mu Rwanda. Quest ni umwe mu banyamakuru bakomeye bo USA bakorera kandi bakore...
Inkuru ibabaje ku rwego mpuzamahanga iravuga ko umunyamakuru w’icyamamare wakoreye CNN mu myaka 25 witwa Larry King yapfuye azize COVID-19. Larry King yari amaze igihe mu bitaro by’i Los Angeles, Cali...
Larry King arwaye COVID-19, amaze Icyumweru mu bitaro by’i Los Angeles, California, USA. Niwe munyamakuru wa CNN wamamaye kurusha abandi kugeza ubu. Larry King yamaze imyaka 25 akora ikiganiro yakiri...








