Kuri uyu wa Gatatu ku isi hose hari umunsi mpuzamahanga wahariwe kwihaza mu biribwa. Mu Rwanda hari ingo zirenga 20% zitarya gatatu ku munsi kandi indyo ikaba ari nkene. Abo muri Sosiyete sivile basab...
Abahagarariye urubyiruko mu Karere ka Kicukiro, Nyarugenge na Gasabo bavuga ko urubyiruko rukwiye guhabwa umwanya ‘ufatika’ mu biganiro bigena ingano y’ingengo y’imari irugenerwa. Babivugiye mu bigan...
Umuyobozi mu Rugaga nyarwanda rushinzwe uburenganzira bwa muntu, CLADHO, ushinzwe guhuza gahunda witwa Evaritse Murwanashyaka aburira abantu bakuru bahohotera abana ko amategeko abategereje, akabagir...
Kimwe mu bibazo byugarije umuryango nyarwanda ni abana baba ku mihanda yo hirya no hino mu gihugu. Uzabasanga mu mihanda yo mu Mijyi minini yose. Uburyo inzego z’umutuzo rusange (public order) ni ukuv...
Ababyeyi bo mu Murenge wa Kirimbi mu Karere ka Nyamasheke barakekwaho kuboha umwana wabo w’imyaka 12 bakamuta mu bwiherero. Ku bw’amahirwe, abaturanyi bamukuyemo ari muzima. Umugabo yahise aburirwa ir...
Minisiteri y’ubuzima yatangiye gahunda y’iminsi ine yo gukingira imbasa abana bose bafite munsi y’imyaka irindwi y’amavuko. Umuyobozi mu Rugaga rw’imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu CLADHO, E...
Guverinoma y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo bakoze uko bashoboye ngo abana bose bige ariko ibibazo by’iwabo biranga bikababuza ayo mahirwe. Umuhanzi w’Umunyarwanda yigeze kuririmba avuga ko ‘ burya...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Hon Jean Marie Vianney Gatabazi avuga ko muri rusange abayobozi badaha serivisi mbi abaturage ari yo ntego cyangwa umugambi. Aherutse kubivugira mu kiganiro kitwa &#...
Mu Rwanda hatangiye amatora ya Komite zizitorwamo Komite izayobora abana ku rwego rw’igihugu. Komite z’ubuyobozi bw’abana zitorwa guhera ku rwego rw’Umudugudu, abatowe bakajya ku rw’Akagari, abatowe k...
Abagize Sosiyete Sivile Nyarwanda bagiranye inama n’Abadepite bagize Komisiyo y’Imari bayibwira ibyo babona byazashyirwa mu ngengo y’imari izagenerwa abana mu mwaka 2022/2023. Bavuze ko hamwe mu...









