Mu bitaro bya Butare buri mu Karere ka Huye abaganga babaze ubwonko bw’umurwayi bamukura ikibyimba mu bwonko adatewe ikinya gifata umubiri wose. Uwo muntu yabazwe areba kuko igice cyabazwe kitasabaga ...
Umukecuru Nyiramandwa Rachel usanzwe ari inshuti ya Perezida Kagame yatabarutse. Yazize uburwayi nk’uko amakuru Taarifa ifite abyemeza. Ngo yari amaze iminsi arwariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Buta...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 11, Ugushyingo, 2020 mu murenge wa Huye mu Karere ka Huye habereye impanuka y’imbangukiragutabara bivugwa ko yashakaga guca ku ikamyo ariko ikayigonga. Amazina...


