Mu gihe imirimo y’inama ihuza abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zo mu bihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza (CHOGM) izaba ikomeje, imwe mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali izaharirwa...
Guhera taliki 19 kugeza taliki 21, Kamena, 2022 mu Rwanda hari kubera Inama y’urubyiruko rwo mu Muryango w’Ibihugu bivuga Icyongereza. Izigirwamo uko abayitabiriye bakunganirana binyuze mu bitekerezo ...
Mu rwego rwo kuzaha serivisi nziza abazitabira Inama ya CHOGM izatangira taliki 21, ikazageza taliki 26, Kamena, 2022 abakorera ku giti cyabo bavuga ko bashyizeho uburyo bwo kuzakora amasaha yose agiz...
Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko abanyeshuri biga i Kigali ariko bakiga bataha bazaguma iwabo mu Cyumweru CHOGM izaberamo, abanyeshuri basabwe kuzakomeza kwiyigisha bagasubira mu byo bize ...
Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho mu Rwanda kitwa MTN Group cyemeye kuzatanga $ 230,000 azakoreshwa mu itegurwa ry’imwe mu Nama zizakorwa mu gihe cya CHOGM ariko yo ikaziga cyane cyane ku ishoramari....
Imirimo yo gutunganya Umujyi wa Kigali irakomeje kugira ngo igihe cyo kwakira abazitabira Inama y’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bakoresha Icyongereza, CHOGM, izasange ibintu biri ku murongo. Haga...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambera, RDB, bwahuye n’abanyemari bakomeye mu Rwanda baganira uko bakwitegura kuzabyaza umusaruro inama zitandukanye ziri hafi kubera mu Rwanda, zirimo ikom...
Perezida Kagame yaraye ageze mu Birwa bya Barbados nyuma y’uruzinduko rw’iminsi itatu yari amazemo muri Jamaica. Ku rubuga rw’Ibiro bye handitseho ko akigera ku kibuga cy’indege cyitwa Grantley Adams ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kicukiro bufatanyije n’inzego z’umutekano hamwe n’abafatanyabikorwa bako batangije ubukangurambaga mu Karere kose bugamije kongera isuku hitegurwa CHOGM. Ku rwego rw’Akarere n...
Kuri uyu wa Mbere Taarifa yasanze hari abakozi b’Urwego rwunganira mu by’umutekano w’Akarere,DASSO, bari gukura Kiosque ya MTN hamwe muho yari imaze igihe. Umwe mubafite Kiosque wimuwe aho yakoreraga ...









