Abari banyotewe no gukinira Golf ku bibuga kigezweho mu Mujyi wa Kigali bashobora gutegereza kurusha uko byari byitezwe, nyuma y’uko cyangijwe n’imiti yatewemo, ubwatsi bwari butoshye bukuma. Iki kibu...
Leta y’u Rwanda imaze igihe ishaka uko Ibitaro byitiriwe Umwami Faisal (KFH) byashyirwa ku rwego mpuzamahanga, nka bumwe mu buryo bwagabanya ko Abanyarwanda bajya kwivuriza hanze yarwo. Muri Mata 2016...
Guverinoma ya Gabon iri mu biganiro n’Ubunyamabanga bw’Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth, harebwa niba yaba umunyamuryango mushya. Ibyo biganiro byakomeje kuri ...
Perezida Paul Kagame yavuze ko icyemezo cyo gusubika ubugira kabiri Inama y’Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma bagize Umuryango wa Commonwealth, kitoroshye, ariko ubuzima bw’abaturage bugomba gushyirwa i...
Ubunyamabanga bwa Commonwealth bwemeje ko inama yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu na guverinoma bagize uyu muryango, CHOGM, yasubitswe, kubera icyorezo cya COVID-19 gikomeje kumera nabi hirya no hino...
Minisitiri w’u Bwongereza ushinzwe umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza, Commonwealth, Tariq Ahmad of Wimbledon, kuri uyu wa Kane yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda, aho azirebera imy...
Mu gihe u Rwanda rukomeje kongera imbaraga mu koroshya ubucuruzi bw’imodoka zikoresha amashanyarazi, mu nama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bikoresha Icyongereza, CHOGM, izabera i Kigali muri Ka...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango wa Commonwealth Patricia Scotland yavuze ko u Rwanda rwagaragaje ko rwiteguye kwakira inama y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma b’ibihugu bigize uwo muryango, CHOGM 2...
Itsinda ririmo gutegura inama izahuza abakuru b’ibihugu na za guverinoma bigize Umuryango w’Ibihugu Bikoresha Icyongereza (Commonwealth), inama izwi nka CHOGM 2021, ryanyuzwe n’aho u Rwanda rugeze imy...








