Muri Leta zunze ubumwe z’Amerika muri Leta ya Chicago haraye haguye ishyano ubwo umuntu yarasaga abantu bari baje mu birori bita Halloween akica abantu 14, abandi icyenda bakaba bari hagati y’urupfu n...
Umukinnyi uri mu bakomeye babayeho mu mateka ya Basketball Bwana LeBron James yaguze imigabane mu kigo gifite ikipe yo mu Bwongereza yitwa Liverpool FC kitwa Fenway Sports Group (FSG). Ikigo FSG nicyo...
The Ben wari umaze igihe kirenga umwaka ari mu Rwanda yasubiye muri USA wenyine ntiyajyana umukobwa yari amaze iminsi mike yerekanye ko ari umukunzi we. Haribazwa niba ibyabo bitaba birangiriye aho! ...


