Perezida wa Mozambique Daniel Chapo yayoboye umuhango wo kwakira mu gisirikare cy’igihugu cye abasore n’inkumi 525 bamaze amezi atandatu batozwa n’ingabo z’u Rwanda uko intambara yo ku butaka irwanwa...
Imyigaragambyo yongeye kwaduka mu Mijyi imwe n’imwe ya Mozambique nyuma y’uko urukiko rurinda Itegeko Nshinga rwemeje ko umukandida Daniel Chapo w’ishyaka riri ku butegetsi ari we watsinze mu buryo b...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje ko Ambasade y’u Rwanda mu Murwa mukuru wa Mozambique, Maputo, ifunze imiryango by’agateganyo. Ni icyemezo kizamara iminsi ibiri nk’uko Minisiteri ...
Ubutegetsi bwa Mozambique bwatangaje ko Venâncio Mondlane uherutse gutsindwa amatora y’Umukuru w’igihugu yamaze guhungira muri Afurika y’Epfo. Yahunze nyuma y’uko abo mu ishyaka rye bigaragambije baka...
Ku wa Gatatu taliki 10, Ukwakira, 2024 abaturage ba Mozambique bazitabira amatora y’umukuru w’igihugu. Ni amatora bivugwa ko azaba ari ay’amateka kuko hitezwe ko umugabo w’imyaka 47 y’amavuko witwa Da...




