CAF yongereye amafaranga azahabwa igihugu kizegukana Shampiyona Nyafurika ihuza abakina mu bihugu byabo (CHAN 2024), ku kigero cya 75%, imikino yayo ikazabera muri Uganda, Tanzania na Kenya. Imikino y...
Ishyirahamwe nyafurika ry’umupira w’amaguru, CAF, ryatangaje ko Uganda, Tanzania na Kenya byemerewe kuzifatanya mu gutegura no kwakira imikino ya CHAN 2025. Itangazo rikubiyemo iki cyemezo ryaraye ric...
Umunyarwanda akaba n’umusifuzi mpuzamahanga witwa Uwikunda Samuel yahawe gusifura umukino wa ¼ wa CHAN 2022 uri buhuze Ghana na Niger ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 28 Mutarama 2023. ...
Mbere y’uko umukino wahuje ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru, Amavubi, n’iy’igihugu ya Ethiopia utangira, buri mukinnyi mu bakinira Amavubi yari yemerewe guhabwa Miliyoni Frw 3 ikipe yabo nitsinda i...
Muri iki gihe Amavubi y’u Rwanda nta mutoza afite. Byatewe n’uko kontaro(contract) ya Vincent Mashami yarangiye. Ubu haribazwa niba hazanywe umutoza w’Umunyamahanga aribwo Amavubi yagera kuri mu marus...
Harabura amasaha make ngo Amavubi y’u Rwanda ahure n’Inzovu zo muri Guinéé bakina umukino wa ¼ bahatanira kugera muri ½ cya CHAN. Yongeye agezwaho ubutumwa yagenewe na Perezida Paul Kagame. Ubutumwa ...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Mutarama, 2021 hamenyekanye amakipe umunani azahura muri kimwe cya kane (1/4) cy’imikino Nyafurika ihuza abakinnyi bakina muri Shampiyona z’iwa...
Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi akaba asanzwe akinira Gasogi United Iradukunda Bertrand afite imvune mu kaguru k’ibumoso. Yakandagiwe na Rutanga Eric bari mu myitozo yabereye kuri Stade ya...
Ikipe y’igihugu ya Zimbabwe yitwa The Warriors yabaye iya mbere mu gusezererwa mu marushwa ya CHAN ari kubera muri Cameroun . Yatashye imaze gutsindwa ku nshuro ya kabiri, kuri iyi nshuro ikaba ...
Umutoza w’Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru Vincent Mashami avuga ko nyuma yo gusuzuma uko abakinnyi be bifashe muri iki gihe, yasanze hari abatarajya ku murongo(forme) neza k’uburyo yazabajyana mur...









