Amikoro make niyo yabujije ikipe y’igihugu y’abagore kwitabira irushanwa amakipe y’abagore y’ibihugu byo muri Afurika y’Uburasirazuba n’iyo Hagati azabera muri Tanzania. Ni irushanwa ryitwa ‘CECAFA ...
Umunya-Mauritania witwa Mamadou Sy ukinira APR FC yaraye ayitsindiye El-Merreikh Bentiu yo muri Sudan y’Epfo igitego 1-0, Byatumye igira amahirwe yo kubona itike ya 1/2 mu Irushanwa rihuza amakipe yab...
Ni ibyatangajwe na Federasiyo y’umupira w’amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ikavuga bitewe n’ubwiyongere bukabije bw’icyorezo COVID-19 ndetse hashingiwe no ku mabwiriza yo kucyirinda aherutse gutangazwa na ...
Kuri uyu wa Gatatu, tariki 16 Ukuboza 2020, i Rubavu hari gukinirwa imikino yo ku munsi wa kabiri w’irushanwa rya CECAFA y’abatarengeje imyaka 17, bahatanira kuzitabira imikino ya nyuma y&...



