Umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri Taliki 23, Kanama, 2022 inshuti n’abavandimwe ndetse n’abafana ba Burabyo Dushime Yvan baraye bamusezeyeho mu cyubahiro kitigeze gihabwa undi muhanzi watabarutse kugeza...
AVEGA n’Ibitaro bya Kibagabaga bari mu bufatanye bwo gusuzuma abaturage cancer y’inkondo y’umura(abakobwa n’abagore) ndetse na Hepatite. Abagore cyangwa abakobwa basuzumwa cancer y’inkondo y’umura ni ...
Rupiah Bwezani Banda wigeze kuyobora Zambia hagati y’umwaka wa 2008 kugeza mu mwaka wa 2011 yaraye atabarutse nyuma y’igihe yari amaze arwaye cancer. Mu mwaka wa 2020 yabazwe cancer y’amara. Yatabarut...
Ibiro Bya Minisitiri w’Intebe wa Malaysia bitangaza ko Minisitiri w’Intebe wa kiriya gihugu witwa Muhyiddin Yassin yajyanywe mu bitaro kubera impiswi zikomeye. Byatangarijwe mu itangazo ryasohowe mu g...
Hari abantu batekereza ko umuntu mwiza( ku ruhu) ari uw’inzobe, ibi bigatuma bamwe bakoresha amavuta arimo ikinyabutabire kitwa bita hydroquinone kugira ngo babe inzobe. Kuba inzobe utaravutse uriyo b...
Kubana n’umunywi w’itabi byongerera utarinywa ibyago bingana na 51% byo kurwara cancer yo mu kanwa. Icyari gisanzwe kizwi ni uko byateraga cancer y’ibihaha utarinwa. N’ubwo umuntu ubana n’utarinywa na...
Abahanga mu miterere n’imikorere y’umubiri bavuga ko cancer ziterwa n’uko imikorere y’uturemangingo fatizo ihindura uko yakoraga, igatangira gukora mu buryo budasanzwe, urugingo bibereyemo rukarwara. ...






