Hari amasezerano yasinywe hagati y’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe gutanga imiti, Rwanda Medical Supply Limited, n’icyo muri Qatar kitwa Philex Pharmaceuticals yo gufasha u Rwanda gukora no kugeza ku batu...
Abaganga baherutse gusuzuma uwahoze ari Perezida wa Amerika, Joe Biden, bamusangana cancer ifata ubugabo kandi iri ku kigero cyo hejuru cyane. Abo mu Biro bye nibo baraye babitangarije ABC News, ndets...
Abaganga bavuga ko cancer y’ibere ari ikibazo gikomereye Abanyarwandakazi, bagasabwa kwisuzimisha igihe cyose bumvise ko mu ibere harimo akabyimba ariko kataryana. Ako kabyimba wakwita ‘akabuye&...
Dikembe Mutombo wabaye indashyikirwa muri Basketball igihe kirekire yaraye aguye kwa mu muganga azize cancer yo m bwonko. Yapfuye akiri muto kuko yari afite imyaka 58. NBA yatangaje ko Mutombo Dikembe...
Byatangajwe ko umwami w’Ubwongereza bamusanganye cancer. N’ubwo ubwoko bw’iyi cancer butaratangazwa, birashoboka ko yaba ikomeye kubera ko BBC itangaza ko abaganga b’umwami Charles III bamubujij...
Kuri X Perezida Kagame yaraye ahanditse ubutumwa bwo gufata mu mugongo abaturage ba Namibia kuri iki Cyumweru taliki 04, Gashyantare, 2024 babuze Perezida wabo watabarutse azize cancer. Perezida wa Na...
Ubwo yatangizaga inama nyunguranabitekerezo kuri za Cancer, Minisitiri w’ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yavuze ko muri rusange cancer ari indwara zishobora kwirindwa abantu bahinduye imibereho yabo. Yav...
Madamu Jeannette Kagame aherutse kubwira abandi bafasha b’Abakuru b’ibihugu bari bahuriye mu Bwongereza ko kurwanya cancer y’inkondo y’umura mu bakobwa bo mu bihugu bya Commonwealth bigomba gukorwa ho...
Ku myaka 82 y’amavuko, icyamamare birijamwa gikomoka muri Brazil Pele yatabarutse azize cancer y’amara yari imaze iminsi yaramuzahaje. Ni umwe mu bantu bazahora basomwa mu bitabo by’amateka( the anna...
Leta ya Uganda yateguye umuhango ukomeye ku rwego rw’igihugu wo gusezera kuri Jenerali Elly Tumwiine uherutse gutabaruka azize cancer y’ibihaha. Tumwiine yaguye mu bitaro by’I Nairobi aho yari amaze i...









