Ubuyobozi bw’Ikigo gitanga serivisi z’amashusho Canal + Rwanda bwatangarije kuri Twitter ko bwifuriza abakiliya ba kiriya kigo kuzagira umwaka mushya muhire. Buvuga ko bwifuriza abakiliya babwo kuzag...
Ikigo gicuruza serivisi z’amashusho ya Televiziyo, Canal + Rwanda, cyasinyanye amasezerano na Ecobank Rwanda azatuma abakiliya babasha kugura ifatabuguzi bakoresheje serivisi z’iyi banki y’ubucuruzi. ...

