Perezida wa Cameroun Paul Biya w’imyaka 91 yongeye kuboneka mu ruhame ku nshuro ya mbere mu byumweru bitandatu bishize aba ahinyuje atyo abavugaga ko yapfuye bikagirwa ibanga. Televiziyo ya Leta...
Abasore bagize ikipe y’u Rwanda y’umukino wo gutwara igare baraye bakiriwe nk’abami ubwo bari bageze mu Rwanda bavuye muri Cameroun aho baherutse gutwara isiganwa rya kiriya gihugu bita ‘Tour du Came...
Murenzi Abdallah wari umaze imyaka ibiri ayobora impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare mu Rwanda yabwiye Taarifa ko yishimira ibyo yarigejejeho kandi ko aramutse agiriwe icyizere agasabwa n’abanyamu...
Perezida wa Cameroun Paul Biya yategetse ko uwatozaga Ikipe y’igihugu avanwaho agasimbuzwa icyamamare Rogobert Song. Iyi kipe yari isanzwe itozwa n’umugabo ukomoka muri Portugal witwa Toni Conceição k...
Inzego z’ubuzima za Cameroun zifatanyije n’iz’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye zatangaje hari Intara za Cameroun zugarijwe n’indwara ya macinya myambi( chorela) ikaba imaze kwica abantu 34. Kugeza ubu ...
Mu rwego gufasha Abanyarwanda bose kureba imikino ya CAN iri kubera muri Cameroon badahenzwe, Ikigo gicuruza serivisi z’amashusho ku rwego rw’isi CANAL+ Rwanda cyashyizeho poromosiyo yo kugabanya ibic...
Si ubwa mbere abashoramari mpuzamahanga barebana ay’ingwe kubera gutanguranwa amahirwe yo kuyishora mu Rwanda ariko RDB ikavugwaho kutabyitwaramo neza. Ubu hagezweho ikibazo cya Dr. Jacques Ntog...
Umukino waraye uhuje Amavubi y’u Rwanda na Camaroun warangiye amakipe yombi anganyije, bituma amahirwe Amavubi y’u Rwanda yari afite ayoyoka. Kuri uyu wa 30 Werurwe 2021 ni bwo kandi  ...
Abasirikare ba Cameroun bashyizwe ku mupaka wayo na Centrafrique biteguye kurasana n’abarwanyi bo muri Centrafrique igihe cyose bashaka kwambuka. Ni icyemezo cyafashwe na Minisiteri y’ingabo nyuma y’u...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 27 Mutarama, 2021 hamenyekanye amakipe umunani azahura muri kimwe cya kane (1/4) cy’imikino Nyafurika ihuza abakinnyi bakina muri Shampiyona z’iwa...









