Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y’Amayepfo (SADC) wongereye igihe ingabo zawo zizamara mu butumwa bwo guhangana n’iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique (SAMIM), wemeza ko hari inta...
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) Gen Jean Bosco Kazura na mugenzi we wa Mozambique Admiral Joaquim Mangrasse basinye amasezerano yo kwagura ubufatanye, mu bikorwa byo kurwanya iterabwoba mu Nt...
Abagize Inama y’ubutegetsi ya Banki Nyafurika y’Iterambere, AfDB, bemeje ko iriya Banki iha Mozambique Miliyoni 47.09 $ azafasha mu kubaka igice cya mbere cy’icyanya cyahariwe inganda muri Mozambique....
Minisitiri w’ingabo Major General Albert Murasira ari i Harare muri Zimbabwe mu ruzinduko rugamije gutsura umubano hagati y’ingabo z’u Rwanda n’iza Zimbabwe. Yahuye na mugenzi we uyobora Minisiteri y’...
Abayobozi bakuru b’Ingabo z’u Rwanda, iza Mozambique n’iz’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC), zahuriye mu nama mpuzabikorwa ku rugamba rwo guhangana n’umutwe w’iterabwoba mu ...
Perezida Kagame yavuze ko ingabo z’u Rwanda n’abapolisi bari mu butumwa bwo guhangana n’umutwe w’iterabwoba mu Ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique ubu bagera hafi ku 2000, kandi bakomeje...
Hari abaturage bifuza ko mu kiganiro Perezida Kagame azaha Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, yazagaruka ku cyo bise ‘ikibazo cy’utubari’ tumaze imyaka ibiri dufunzwe. Ndererehe avuga ko Umukur...
Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique Maj. Gen. Innocent Kabandana yasobanuye ko umutwe witwaje intwaro bahanganye ufite imirwanire ikoresha amatsinda mato, ariko kuba ukomeje gutsindwa bigara...
Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yakoze impinduka zikomeye muri Guverinoma, asimbuza abarimo Minisitiri w’Ingabo Nosiviwe Mapisa-Nqakula. Ni impinduka zakozwe mu gihe Afurika y’Epfo ihangany...
Ingabo z’u Rwanda (RDF) zifatanyije n’iza Mozambique (FADM) zashoje urugamba rugamije gufata umujyi wa Mocímboa da Praia, usobanuye byinshi ku bikorwa bigamije kugarura amahoro mu Ntara ya Cabo Delgad...









