Ku wa Mbere taliki 18, Ugushyingo, 2024 mu Murwa mukuru w’Ububiligi, Brussels, ahari icyicaro cy’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi hazabera inama yo kwemerera u Rwanda guhabwa Miliyoni € 20 yo gukoresha m...
Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga avuga ko mu mikorere yazo harimo no gukumira ko ibibazo by’imibereho mibi biba intandaro y’amakimbirane avamo n’intambara. Ngo niyo mpamvu aho zi...
Mu rwego rwo gufasha abana bo mu Mujyi wa Mocimboa da Praia n’uwa Palma gusubira ku ishuri, inzego z’umutekano z’u Rwanda zikorera mu Ntara ya Cabo Delgado, zatanze ibikoresho by’amashuri bigenewe abi...
Patrick Jean Pouyanné uyobora Ikigo cy’Abafaransa gicukura kandi kigatunganya ibikomoka kuri Petelori ari hafi gusura aho ikigo cya Leta y’u Bufaransa TotalEnergies gikora iriya mirimo muri Cabo Delg...
Maj Gen Eugene Nkubito uyobora ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique avuga ko kuva inzego zu Rwanda zishinzwe umutekano zagera muri kiriya gihugu zasenye ibirindiro byose by’ibyihebe byari mu ...
Abanyarwanda baciye umugani ngo ‘utakwambuye aragukerereza.’ Uyu mugani uhuye n’amakuru Taarifa ifite avuga ko amafaranga u Bufaransa bwagombaga kwishyura abagiye kwirukana ibyihebe byo muri Mozambiqu...
Inzego z’Umutekano z’u Rwanda (RSF) zifatanyije n’Ingabo za Mozambique (FADM) zigaruriye ahari indiri y’umutwe w’iterabwoba wa Ansar sunna Wa Jammah (ASWJ) mu duce twa Nhica do Ruvuma na Pundanhar duh...
Filip Nyusi uyobora Mozambique kuri uyu wa Gatanu yasuye inzego z’u Rwanda zagiye mu gihugu cye gufasha izaho kugarura umutekano muri Cabo Delgado. Yasabye ingabo z’u Rwanda na Polisi yarwo gukomeza k...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda ziri muri Mozambique mu bikorwa byo guhashya abarwanyi bari bamaze imyaka myinshi barigaruriye Intara ya Cabo Delgado Major General Innocent Kabandana yasabye abagaba b’izi...
Ingabo za Mozambique zatangaje ko zataye muri yombi umwe mu bayobozi b’umutwe w’iterabwoba ushamikiye kuri Islamic State, afatirwa mu karere ka Nangade mu majyaruguru y’Intara ya Cabo Delgado. Ibinyam...









