Indege z’intambara za Amerika, ku bufatanye n’ingabo zo mu kirere z’Ubwongereza, zagabye ibitero muri Yemen ku birindiro by’abarwanyi b’aba Houthis. Byagabwe ku birindiro 36 by’aba barwanyi biri muri ...
Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ubucuruzi John Humphrey avuga ko Leta ya London ishaka ko u Rwanda ruhinduka irembo ribuhuza n’Afurika kandi Abanyafurika nabo bakabona uko bakorana nabwo ...
Kagame yakiriye mu Biro bye Lord Dolar Popat uyu akaba ari umujyanama wa Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak ushinzwe ubucuruzi. Uyu munyacyubahiro ari mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama...
Ikigo cy’Abongereza n’Abanya Australia kitwa Rio Tinto Minerals Development Ltd cyasinyanye na Leta y’u Rwanda binyuze mu kigo cyayo gishinzwe Petelori, Mine na Gaz amasezerano y’uburyo ibuye rya Lith...
Umusore w’umuhanga mu kwandika inkuru ukomoka muri Pologne aherutse kwiyandikaho inkuru y’uburyo yakuze ari umusinzi uhohotera abagore ariko akaza kubyigobotora. Iyo nkuru yarakunzwe ariko biza kuran...
Mu mpera za Mutarama, 2024, i Kigali hazateranira Inama Mpuzamahanga izahuza abanyemari b’Abanyarwanda n’Abongereza bigire hamwe uko ishoramari hagati ya Kigali na London ryakongerwamo imbaraga. Ni in...
Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza yaraye itoye umwanzuro wo gushyigikira gahunda y’igihugu cyabo yo kohereza abimukira mu Rwanda. Abadepite 313 batoye bemeza ko u Rwanda ari igihugu gitekanye ab...
Amaze kubona ko u Rwanda n’Ubwongereza bavuguruye kandi bagasinya amasezerano y’ubufatanye ku kibazo cy’abimukira, Robert Jenrick wari Minisitiri mu Bwongereza ushinzwe abinjira n’abasohoka yeguye. Mu...
Mu gihe gito kiri imbere itsinda ryaturutse mu Bwongereza rihagarariwe n’Umunyamabanga ushinzwe ibibera imbere muri kiriya gihugu witwa James Cleverly n’itsinda ry’u Rwanda barasinya amasezerano mashy...
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo aherutse gutangaza muri The Sun ko raporo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi ryahaye Urukiko rw’Ikirenga rw’Ubwongereza rwashingiweho mu ...









