Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryabwiye abacamanza b’Urukiko rukuru rw’Ubwongereza ko riri kwegeranya ibimenyetso bishya byo muri uyu mwaka wa 2024 bigaragaza ko ...
Polisi ya Nigeria yataye muri yombi abagabo babiri ikurikiranyeho gukora inzoga zikomeye ku isi zirimo n’izitwa Jack Daniels zihenze kurusha izindi ku isi. Abo bagabo bari bafite uruganda bakoreragamo...
Inteko ishinga amategeko ya Uganda yasohoye itangazo risaba Guverinoma y’Ubwongereza kutivanga mu mikorere yayo. Ibitangaje nyuma y’uko Ubwongereza buherutse gufatira ibihano abayobozi batatu bakuru m...
Ubu cameras z’itangazamakuru ziri kureba mu Burasirazuba bwo Hagati aho Iran na Israel byasakiranye. Ubwongereza, Amerika n’Ubufaransa bamaze kwitegura gufasha Israel mu gihe amakuru avuga ko Qatar na...
Mu ruzinduko Perezida Paul Kagame ari mo mu Bwongereza yaganiriye na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu Rishi Sunak ku idosiye ikomeye irebana n’ishyirwamubikorwa ry’amasezerano yo kohereza abimukira m...
Umunyamabanga wa Leta muri Guverinoma y’Ubwongereza ushinzwe ububanyi n’amahanga David Cameron( yigeze kuba Minisitiri w’Intebe) yatangaje ko igihugu cye kigiye guhagarika intwaro cyahaga Israel kuber...
Bimwe mu bizakorwa na Leta y’Ubwongereza ubwo izaba yohereje abimukira mu Rwanda mu gihe byose bizaba byamaze gushyirwa ku murongo ni uguha buri wese amapawundi 3,000 ni ukuvuga hafi miliyoni Frw 5. M...
Ingabo zishyize hamwe z’Ubwongereza n’iza Amerika zagabye ibitero by’indege ahantu hatandukanye hari habitse ibisasu by’abarwanyi b’aba Houthis bo muri Yemen bamaze igihe barafunze inzira y’amazi y’In...
Nyuma y’uko Minisitiri w’ubutabera akaba n’Intumwa nkuru ya Leta Dr. Emmanuel Ugirashebuja ahaye ibisobanuro Inteko ishinga amategeko, Umutwe w’Abadepite, ku ishingiro ry’Itegeko rigana imikoranire y’...
Byatangajwe ko umwami w’Ubwongereza bamusanganye cancer. N’ubwo ubwoko bw’iyi cancer butaratangazwa, birashoboka ko yaba ikomeye kubera ko BBC itangaza ko abaganga b’umwami Charles III bamubujij...









