Ku nshuro ya kabiri abakinnyi b’umukino ukinirwa ku meza bita billard bagiye guhura barushanwe uzahita abandi azahembwe Frw 150 000. Ubwo ryabaga ku nshuro ya mbere ryatwawe na Philbert Dushimiyimana....
Abanyabugeni bo mu Bwongereza bubatse ikibumbano cyerekana Umunyarwandakazi witwa Sherrie Silver ari kubwina ateze Kinyarwandakazi. Imbyino nyarwanda zibyinwa Abanyarwandakazi bateze amaboko nk’uko am...
Mu buhanga bwe mu bya gisirikare, Perezida w’u Burusiya Vladmin Putin yabwiye ingabo ze zari zimaze iminsi zikambitse mu marembo ya Ukraine ko ziba ziba ziretse kugaba igitero, ariko nanone ntiyazicyu...
Mu gihe bivugwa ko hasigaye amasaha macye ngo u Burusiya butangize intambara kuri Ukraine, amakuru ava i Kyiv avuga ko ingabo za Ukraine zitangiye gutoza abaturage imbunda no kuzibaha ngo bazitabare u...
Raporo ibigo by’ubutasi by’u Bwongereza byagejeje ku Biro bya Minisitiri w’Intebe ivuga ko ku wa Gatatu w’Icyumweru gitaha, aribwo ingabo z’u Burusiya zateguye kuzatangiza intambara kuri Ukraine. Abon...
Nyuma ya saa sita kuri uyu wa Gatatu taliki 02, Gashyantare, 2022 Perezida Paul Kagame yakiriye mu Biro bye Prof John Latham uyobora Ikigo kitwa Coventry University Group gifite na Kaminuza yitwa Cove...
Mu buryo buteruye Guverinoma y’u Bwongereza yatangarije Taarifa ko idashobora kwerura ngo ivuge ibikubiye mu biganiro u Bwongereza bufitanye n’u Rwanda cyangwa ikindi gihugu ku bibazo by’ubufatanye mu...
Itangazamakuru ryo mu Bwongereza rivuga ko hari amakuru aturuka muri Guverinoma ya Minisitiri w’Intebe Borris Johnston avuga ko hari ibiganiro u Bwongereza buri kugirana n’u Rwanda ngo ruzakire abimu...
Borris Johnston ari ku gitutu cyinshi ngo yegure nyuma y’uko bimenyekanye ko ubwo abandi Bongereza bari bari muri Guma mu rugo, we na bamwe mu bagize Guverinoma ye, bahuye kenshi bagakora ibirori kan...
Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda Hon Omar Daair yatangaje ko inkoni y’Umwamikazi w’u Bwongereza igaragaza umurunga uhuza ibihugu bigize Umuryango mugari wa Commonwealth. Daair yavuze ko yishimiye ...









