Indege yitwa Flight AI171 yari ihagarutse mu Buhinde yerekeje mu Bwongereza yahiye igihaguruka. Yari irimo abantu 242. Muri bo 169 bari Abahinde, abandi 53 ari Abongereza nk’uko BBC ibyemeza. Harimo k...
Minisiteri y’ingabo mu Burusiya itangaza ko ibitero bya missiles iki gihugu cyagabye kuri Ukraine byageze ku ntego yo gusenya ibikorwa remezo by’ingufu byari bisanzwe byubatswe ahitwa Kharkiv, Kyiv, D...
Ibihugu byakolonijwe n’Ubwongereza bifite umugambi wo gutegura inyandiko yo kubwishyuza indishyi y’ubucakara bwabikoreye mu bucakara bwakorewe Abirabura bo muri Afurika no mu birwa bya Caribbean guher...
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Sir Keir Starmer arateganya kuvuga ku mibereho y’abaturage b’igihugu cye, akazanagaruka ku ngingo y’uko gikeneye imyaka 14 yo kwiyubaka kuko cyasenywe n’abo ishyaka a...
Minisiteri y’ingabo za Amerika yatangaje ko yohereje mu Burasirazuba bwo Hagati ubwato bw’inyongera bugwaho indege z’intambara mu rwego rwo kwitegura gutabara Israel igihe yaba yinjiye mu ntambara yer...
Mu Bwongereza haravugwa inkuru n’ubu igiteje abantu ubwoba y’umwana w’Umunyarwanda w’imyaka 17 uherutse kwicisha bagenzi be batatu icyuma. Igishya cyamenyekanye ni uko yari asanganywe indwara bita aut...
Perezida Paul Kagame yaganiriye na Minisitiri mushya w’Intebe mu Bwongereza witwa Sir. Keir Starmer. Ni ibiganiro byabereye mu Bufaransa aho bombi bagiye kwitabira itangizwa ry’imikino Olempiki ryabay...
Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ubutegetsi bw’igihugu Yvetter Copper ashima u Rwanda ku bufatanye bwarwo n’Ubwongereza mu gukemura ikibazo cy’abimukira, akavuga ko intandaro yo kuba gahun...
Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko u Rwanda rwubahirije ibikubiye mu masezerano rwagiranye n’Ubwongereza ku kibazo cy’abimukira. ...
Mu Busuwisi hari kubera urubanza rw’abantu bane bo mu muryango ukize kurusha indi mu Bwongereza baregwa ibyaha birimo no gucuruza abantu. Abashinjacyaha barega abagize uwo muryango gukoresha amafarang...









