Abikorera bo mu Rwanda n’abo mu Birwa bya Malta bari kuganira uko impande zombi zakorana mu bucuruzi n’ishoramari. Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza akaba ahagarariye n’inyungu z’u Rwanda mu Birwa b...
Nyuma y’uko Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avugiye ko Polisi itazihanganira abantu bambara impenure kuko bigaragaza ubupfura bucye no kubangimira umudende...
Nyuma y’igihe gito atangiye guhagararira u Rwanda mu Bwongereza, Hon Ambasaderi Johnston Busingye yahuye na Ambasaderi wa Cyprus mu Bwongereza baganira uko igihugu cye cyakorana n’u Rwanda mu nzego z...
Nyuma y’uko Leta y’u Bwongereza yemeje ko Johnston Busingye ari we Ambasaderi w’u Rwanda muri kiriya gihugu, Busingye yagejeje impapuro zimwemerera guhagararira igihugu cye ku buyobozi bw’u Bwongereza...
Nyuma y’amajwi y’abantu batashakaga ko Johnston Busingye agirwa Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza kubera ko ubwo yari Minisitiri w’ubutabera n’Intumwa nkuru ya Leta yemeje ko igihugu cye cyishyuye i...
Urwego rw’igihugu rw’ubugenzacyaha, RIB, butangaza ko 4.5% by’amadosiye y’abo rukurikiranyeho ibyaha byakozwe hagati y’umwaka wa 2018 kugeza mu mwaka wa 2021 bagishakishwa. Hagati aho 61,3% by’abantu ...
Ashingiye ku bubasha ahabwa n’amategeko cyane cyane Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda, Perezida Paul Kagame yaraye ahaye imbabazi abagore 10 bari barahamwe n’icyaha cyo gukuramo inda. Hari izi...
Umushinjacyaha mukuru mu rwego rwasigariyeho Urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda, Bwana Serge Brammertz azaba ari mu Rwanda guhera ku wa Mbere tariki 26, kugeza tariki 30, Mata, 2021. Ku rubug...
Kuva mu mezi make ashize ifatwa rya Rusesabagina rikomeje kuvugwaho byinshi, uhereye ku buryo yageze mu Rwanda, uko yafashwe n’uburyo afunzwemo. Ni umugabo ukurikiranyweho ibyaha by’iterab...
Dr Ismael Buchanan wigisha Politiki mpuzamahanga muri Kaminuza y’u Rwanda avuga kuba hari Abanyamerika bagitsimbaraye kuri Paul Rusesabagina bakanandikira Perezida Kagame bamubwira ko agomba kumureku...









