Amakuru mashya ku mwuka w’intambara hagati y’u Bushinwa na Taiwan avuga ko ingabo z’u Bushinwa zamaze kugota ikirwa cya Taiwan. Abasirikare b’u Bushinwa bavuga ko bari mu bikorwa bya gisirikare bizama...
Ibyo Abashinwa bari bamaze iminsi basaba Amerika ko itabikora, yabikoze! Nancy Pelosi yageze muri Taiwan , yakirwa na Perezida w’iki gihugu. Guverinoma y’u Bushinwa yari imaze iminsi isaba ko atabikor...
Minisiteri y’ingabo ya Taiwan yaraye isabye abasirikare bayo bari baragiye ku kiruhuko kuvayo bakagaruka mu bigo, bakitegura ko igihe icyo ari cyo cyose bakwambarira urugamba. Ni nyuma y’uko u Bushinw...
Mu gihe imitwe yashyushye kubera impungenge z’intambara ishobora kuvuka hagati y’Amerika n’u Bushinwa bapfa Taiwan, u Bushinwa bumaze gusohora video yerekana ko ingabo zabwo zamaze kwitegura kurasa Ta...
Ibintu biri gufata intera abantu batabikekagaho! Amakuru atangazwa na CNN aremeza ko Perezida w’Inteko ishinga amategeko y’Amerika Nancy Pelosi yiyemeje kujya muri Taiwan n’ubwo u Bushinwa na bamwe mu...
Umuvugizi wa Minisiteri y’ingabo z’u Bushinwa Gen Wu Qian yavuze ko Nancy Pelosi nasura Taiwan intambara y’u Bushinwa na Taiwan izahita irota. Yatangaje ko ikiguzi iriya ntambara izasaba cyose u Bus...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 30, Nyakanga, 2022 i Kigali hatangijwe ku mugaragaro ubufatanye hagati y’abashoramari b’Abanyarwanda n’Absshinwa bihurije mu Kigo bise Asia Africa Logistics Ltd. Intego ya...
Imwe mu ngingo zikomeye ziherutse kuganirwaho hagati ya Perezida w’Amerika n’igikomangoma cya Arabie Saoudite Mohamed Bin Salman ni imikoranire mu gutangiza igisekuru cya gatandatu cya Murandasi, bita...
Abatuye imijyi irenga 10 mu Bushinwa bari mu kaga ko kwicwa n’umwuma kubera ko ikirere kirimo ubushyuhe bwinshi cyane. Ni ubushyuhe burengeje 40C. Abaganga bavuga ko ubushyuhe bungana na 37C aribwo bu...
Guverinoma y’u Bushinwa yateguye Miliyari $ 75 yo kashora mu bikorwa byo kuzamura ubukungu bwabwo bwagizweho ingaruka na COVID-19. Ni amafaranga angana na Miliyari 500 z’amafaranga y’u Bushinwa yitwa ...









