Mu gihe bamwe bakeka ko umwuka w’intambara hagati y’u Bushinwa na Taiwan wahosheje, ku rundi ruhande impande zombi zikomeje gukora ibikorwa bamwe bavuga ko bitinde bitebuke bizateza intambara yeruye. ...
Mu Mujyi wa Shenzhen mu Bushinwa ahasanzwe hagurirwa ibikoresho by’ikoranabuhanga byinshi kurusha ahandi ku isi, ubu hafunzwe mu rwego rwo gukumira ko abantu bakomeza kwanduzanya COVID-19. Ni icyemezo...
Hari raporo z’ubutasi zivuga ko Leta y’u Buyapani iri gutegura ibisasu 1000 byo gushyira mu mazi iki gihugu gisa n’igisangiye n’u Bushinwa ari mu kirwa kitwa Nansei. Ni ibisasu bifiite ubushobozi bwo ...
Ikigo gikora ibyuma by’ikoranabuhanga na serivisi zabyo kitwa Apple kiraburira abantu batunze telefoni za iPhones, mudasobwa za Macs n’ibindi byuma bita iPads ko ikoranabuhanga bakoreshaga ryagize iki...
Itsinda ry’Abadepite bo muri Amerika ryageze Taipei muri Taiwan kuganira n’ubuyobozi bw’iki gihugu. Ni igikorwa gishobora gukomeza kurakaza u Bushinwa nyuma y’uko Perezida w’Inteko y’Amerika Nancy Pel...
Abaganga bo mu Bushinwa batanze impuruza y’uko muri kiriya gihugu hadutse virusi bise LayV ( Langya Henipavirus) bavuga ho ko yica ¾ by’abantu yafashe. Abantu barenga 30 nibo bamaze kuyandura ariko ha...
Amakuru mashya aravuga ko Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko igiciro gishya cya lisansi kiyongereye kiva ku Frw 1609 avuye kuri Frw 1460 kuri Litiro. Mazutu yo yavuye ku Frw 1503 igera ku Frw 1607. Ib...
Hari ikinyamakuru cyo muri Aziya cyanditse ko ubwo indege 30 z’u Bushinwa zinjiraga mu kirere cya Taiwan, igisirikare cy’iki gihugu cyahanuye mo zimwe. The Jerusalem Post yanditse ko amakuru ifite avu...
Nyuma yo kotsa igitutu Taiwan binyuze mu kuyizengurutsa ingabo zirwanira ku butaka n’izo mu kirere, ubutegetsi bwa Politiki bw’u Bushinwa bwatangije intambara y’ubukungu n’ibindi birimo iy’ububa...
Ubwato bwari busanzwe buca mu gice Taiwan iherereyemo bujyanye ibiribwa, ibinyobwa cyangwa ibindi bicuruzwa muri Aziya y’i Burasirazuba buri gusubira inyuma kubera gutinya ko ibisasu by’u Bushinwa bya...









