Perezida w’u Bushinwa yavuze ko igihe kigeze ngo ingabo ze zongere imyitozo, ibikoresho bigezweho n’ubuhanga mu kurwana intambara z’ubu ndetse n’izizaza. Xi Jinping avuga ko umutekano w’igihugu cye ug...
Huawei Rwanda( ishami ry’Ikigo Huawei cyo mu Bushinwa mu Mujyi wa Shenzhen) yatangije ihatana rya gihanga mu banyeshuri 10,000 bazi ikoranabuhanga muri Kaminuza zo mu Rwanda kugira ngo abazatsinda baz...
Kuba Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping yongeye gutorerwa kuyobora ishyaka riri ku butegetsi mu Bushinwa ni ikintu bamwe bavuga ko kigiye gutuma u Bushinwa bukomeza kuba igihangange ariko binyuze mu nzi...
Mu buryo butunguranye kandi bwarogoye Inama y’abayobozi bakuru mu ishyaka riri k’ubutegetsi mu Bushinwa, Hu Jintao wigeze kuba Perezida w’iki gihugu yasohowe igitaraganya. Kumusohora byakozwe mu buryo...
Abibwira ko u Bushinwa bwazibukiriye umugambi wabwo wo kwigarurira Taiwan baba bibeshya. Bitinde bitebuke bizarangira buyigaruriye kuko iyo usomye ukumva imigambi buyifitiye ubona ko bwamaramaje. Imbw...
Perezida Joe Biden yavuze ko ingabo ze ziteguye kuzatabara Taiwan umunsi u Bushinwa bwayishojeho intambara. Ni amagambo ashobora kuza gukomeza kurakaza u Bushinwa bwari bumaranye igihe umujinya bwatew...
Mu Mujyi wa Changsha mu Bushinwa yagashwe n’inkongi. Amafoto yatangajwe na CCTV arerekana inkongi ikongora igice cy’imwe cy’uyu muturirwa ugeretse inzu 42. Ni inzu yari isanzwe ikorerwamo n’ikigo gik...
Abayobozi bw’u Bwongereza bangiye ab’u Bushinwa kuzitabira umuhango wo gusezera ku mwamikazi w’u Bwongereza Elisabeth II uherutse gutanga, akazatabarizwa kuri uyu wa Mbere Taliki 19, Nzeri, 2022. Umuv...
Nyuma yo kurahirira kuyobora Kenya, William Ruto ari gutekereza abazamufasha akazi. Ni akazi kagoye kubera ko agomba guhangana n’ibibazo bikomeye cyane birimo no kwishyura umwenda munini igihugu cye g...
Imibare itangwa na Ambasade y’u Bushinwa mu Rwanda ivuga ko mu myaka 40 ishize, abaganga b’Abashinwa 270 bavuye Abanyarwanda babarirwa mu bihumbi byinshi. Abo baganga baje mu Rwanda mu matsinda 22 yat...









