Umunyamabanga muri Amerika ushinzwe iby’umutekano mu kirere witwa Frank Kendall yabwiye Sena y’igihugu cye ko Ubushinwa buri gutegura intambara buzarwana n’Amerika kandi ngo ni intambara Amerika itige...
Ibigo 30 byo mu Bushinwa byaraye bihuye na bamwe mu Banyarwanda bize muri kiriya gihugu kugira ngo harebwe niba bujuje ibisabwa ngo bibahe akazi. Abanyarwanda 300 bari baje kumva ibyo Abashinwa babasa...
Indege 42 z’intambara z’Ubushinwa hamwe n’ubwato 26 bw’intambara byegereye Taiwan mu rwego rwo kuyereka ko ibyo iri gukorana n’Amerika bizayikoraho. Ni ibikorwa bya gisirikare bikozwe nyuma y’uko Visi...
Abayobozi b’Umuryango FPR-Inkotanyi baganiriye n’abayobozi b’Umuryango FPR-Inkotanyi bemeranya ko impande zombi zarushaho gukorana mu nzego zirimo guhugurana, ikoranabuhanga no mu zindi nzego. Minisit...
Nyuma y’igihe atagaragara mu biganiro byabaga byahuje abayobozi bakuru ku isi n’ab’igihugu cye, amakuru aremeza ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa Qin Gang yirukanywe mu nshingano. Intek...
Mu Bushinwa hari inkuru mbi y’igisenge cyagwiriye abana bari bari mu kibuga bitoza imikino itandukanye. Abana 11 bahise bahagwa kandi biganjemo abakobwa. Bakinaga umukino witwa Netball. Byabereye mu k...
Itangazamakuru ryo mu Burengerazuba bw’Isi riribaza aho Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Ubushinwa Qin Gang yaba aherereye. Hagiye gushira ukwezi atagaragara mu ruhame; bigatuma abantu bibaza aho ya...
Ikigo cy’Abashinwa gishinzwe ubushakashatsi mu by’isanzure China Manned Space Agency (CMSA) cyatangaje ko umwaka wa 2030 uzagera cyarohereje abahanga mu kwezi kwiga uko guteye. Gahunda yabwo ni uko ha...
Mu mpera z’Icyumweru gishize, ubutegetsi bwa Biden bwanzuye ko bugiye guha Ukraine intwaro bita cluster munitions, zakumiriwe henshi ku isi. Uburusiya n’Ubushinwa batangaje ko icyo cyemezo kitazabura ...
Abashinwa batuye muri imwe mu mijyi minini bugarijwe n’ubushyuhe bwinshi ndetse buza kurenga 40°C. Imijyi yibasiwe n’ubu bushyuhe ni Umurwa mukuru Beijing,Hebei na Henan. Ikigo cy’Ubushinwa gishinzwe ...









