Urugomero u Bushinwa bugiye kubaka mu bisozi bya Himalaya nirwo ruzaba rutanga amashanyarazi menshi kurusha izindi ku isi. Ruzatanga kilowatts miliyari 300 ku mwaka, izi zikaba ari inshuro eshat...
Kubera umwenda uremereye cyane bifitiye u Bushinwa, ibihugu bimwe by’Afurika byatanze umutungo wabyo kamere ho ingwate ngo u Bushinwa buzawiyishyure. Aka wa mugani w’Abanyarwanda ngo’ Ukena ufite itun...
Kimwe mu bintu Abashinwa bazwiho ni ukubaka ibintu bitangaje haba mu bwiza, mu gukomera no buhanga bwubakanwa. Si inzu gusa bubaka ahubwo bubaka n’ibiraro bikomeye kandi byubakanywe ubuhanga butangaza...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda, NISR, cyagaragaje ko muri ibi bihe ubukungu butifashe neza kubera icyorezo cya COVID-19. Bigaragazwa n’uko ibicuruzwa u Rwanda rwatumije mu mahanga muri...
Hasinywe amasezerano hagati ya Ambasade y’u Rwanda iyobowe na James Kimonyo na Leta y’u Bushinwa yemerera u Rwanda kujya rugurisha mu Bushinwa urusenda ruseye. Ambasaderi James Kimonyo yishimye ko ari...
Polisi Mpuzamahanga ikorera i Lyon mu Bufaransa yaburiye Isi cyane cyane ibihugu bikennye ko abagizi ba nabi bafite umugambi wo gukora no kugurisha inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge. INTELPOL ...
Icyorezo COVID-19 cyadutse mu mpera za 2019, gitangirira mu Mujyi wa Wuhan mu Ntara ya Hubei mu Bushinwa. Kuva cyaduka kimwe mu bibazo cyateje harimo...
Umugabo witwa William Burns niwe Perezida Joe Biden ashaka gushinga CIA. Burns yavuze ko uko byagenda kose USA itagomba kujenjekera u Bushinwa kuko ari ikibazo ku buhangange bwayo kandi mu nzego nyins...
Inzego z’ubuzima n’iz’umutekano mu Bushinwa zahuje imbaraga mu guhiga no gufata abantu bakora mu bigo by’ubushakashatsi bikora inkingo za COVID-19 zitujuje ubuziranenge bakazigurisha. Hari impun...
Guverinoma y’u Bushinwa yafashe umwanzuro wo gufunga radio mpuzamahanga y’Abongereza yitwa BBC. Ni igikorwa cyo kwihimura kuko u Bwongereza nabwo bari bumaze iminsi mike bufunze Ikigo cy’itangazamakur...









