Hari ibihugu by’Afurika byigiranye amasezerano n’ibigo byo mu Burayi n’Amerika bitanga serivisi z’umutekano ngo bize kuwurindira muri Afurika. Aba bacanshuro bica abaturage ba biriya bihugu bashinjwa ...
Mu gihe u Bushinwa bwitegura kwizihiza ikinyejana( imyaka 100) ishyaka riri ku butegetsi ritangiye kubuyobora, Perezida Xi Jinping yavuze ko kuva ririya shyaka ryashingwa, ryakoze ibyo andi mashyaka k...
Muri iki gihe hari ababona umubano w’u Bushinwa n’Afurika bakibwira ko utangiye vuha aha, aho u Bushinwa batangiriye kurya isataburenge Amerika mu by’ubukungu. Si byo kuko iyo urebye usanga waratangir...
Mu murwa mukuru w’u Bushinwa,( Beijing, Pékin) haraye hatashywe gari ya moshi ya mbere ku isi ikoresha ikoranabuhanga rya murandasi y’igisekuru cya gatanu, iyi ikaba ariyo yihuta kurusha izindi zakore...
U Bushinwa na Australia bimaze igihe birebana ay’ingwe. Ni ibihugu biri mu bifite ubukungu buhagaze neza ariko muri iki gihe ubw’Australia bumerewe nabi kubera ikomanyirizwa yafatiwe n’u Bushinwa ku b...
Amakuru atangwa na bimwe mu binyamakuru byo muri Hong Kong avuga ko Dong Jingwei wahoze ari Visi Minisitiri muri Minisiteri y’umutekano w’igihugu yahungiye muri Amerika akajyana amabanga y’ibyabereye ...
U Bushinwa bwabwiye abayobozi b’ibihugu birindwi bikize ku isi ko igihe cyabyo cyo kuyobora isi cyarangiye. Ngo mu gihe abantu bagezemo, ntibakwiye kuyoborwa n’agatsiko. Ni amagambo yavuzwe n’umuvugiz...
Abategetsi b’u Bushinwa basanze bikwiye ko Politiki yo kubyara abana babiri ihinduka kugira ngo ikibazo cy’abasheshe benshi kiriya gihugu gifite cyabonerwa umuti urambye. Ubu imiryango y’Abashinwa yem...
Nyuma y’uko hashyizweho Guverinoma nshya muri Libya iyobowe na Abdelhamid al-Dabaiba ibihugu bikomeye byatangiye kuyishakaho umubano. U Bushinwa nabwo bwanze kuhatangwa. Umubano ibihugu bikize bishaka...
Mu rugamba rwo guhangana na Leta zunze ubumwe z’Amerika mu byerekeye ubumenyi bw’ikirere no kugikoloniza, u Bushinwa nabwo bwakoze icyuma cy’ubushakashatsi buzohereza ku mubumbe wa Mars. Umubumbe wa M...








