Mu kiganiro twagiranye na Ambasaderi James Kimonyo yatubwiye ko kuri uyu wa Gatanu tariki 07, Mutarama, 2022 yagemuriye urugo rw’Umushinwa ikawa y’u Rwanda ngo asomeho yumve icyanga cyayo. Yatubwiye ...
Leta ya Kenya yasinyanye n’iy’u Bushinwa amasezerano y’uko izajya ibwoherereza amafi. Ni amasezerano yasinywe kuri uyu wa Kane hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Bushinwa uri muri Kenya w...
Nibwo butumwa bw’ingenzi bukubiye mu biganiro byaraye bihuje Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping na Joe Biden uyobora Amerika. Icyakora Perezida Xi niwe wabwiye mugenzi we ko kumva ko u Bushinwa buzemera...
Kuri uyu wa Mbere tariki 08, Ugushingo, 2021 u Rwanda n’u Bushinwa byizihije ku mugaragaro isabukuru y’imyaka 50 ishize ibihugu byombi bifitanye umubano. Ni umubano ushingiye ku nkingi zirimo uburezi,...
Ikigo gishinzwe gucunga umutekano mu ikoranabuhanga kitwa FireEye kivuga ko hari raporo cyabonye zishinja u Bushinwa kuneka ibihugu byo mu Burasirazuba bwo Hagati bisanzwe bikorana nabwo ubucuruzi. M...
Mu Cyumweru gishize nibwo urusenda rwa kamurari rwumye rwoherejwe mu Bushinwa ruturutse mu Rwanda. U Rwanda nicyo gihugu cya mbere muri Afurika cyohereje urusenda nka ruriya muri kiriya gihugu gifite ...
Abayobozi mu nzego z’ubuzima mu Bushinwa batangaje ko mu mujyi wa Wuhan mu Ntara ya Hubei hongeye kugaragara abantu banduye COVID-19. Hamaze kubarurwa abantu 300 mu minsi 10. Ubuyobozi bw’uriya mujyi...
Mu Bushinwa hari urundi ruganda rukora ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni zigendanwa n’ibindi bitandukanye. Ni uruganda abantu bavuga ko ruje guhangana na Huawei isanzwe ari iya mbere mu guk...
Minisiteri y’ingabo y’u Bushinwa yasohoye itangazo isaba Leta zunze ubumwe z’Amerika kwirinda kubukora mu jisho kuko byazazigiraho ingaruka. Ni nyuma y’uko hari indege ya gisirikare y’Amerika iherutse...
Nyakubahwa Ambasaderi w’u Bushinwa Mu Rwanda Rao Hongwei yahaye Taarifa ikiganiro ku mubano wa kiriya gihugu n’u Rwanda muri iki gihe U Rwanda rwizihiza imyaka 27 rwibohoye n’imyaka 100 u Bushinwa buy...









