Perezida wa Kenya William Ruto yageze i Beijing mu Bushinwa kuganira n’ubuyobozi bwabwo uko ibihugu byombi bakongera imikoranire mu bukungu n’ahandi. Urwo ruzinduko ruzamara iminsi itanu, abamuhereke...
Umuhanga mu by’ubukungu, Teddy Kaberuka, avuga ko izamura ry’imisoro ku bicuruzwa biva hanze byinjira muri Amerika rizagira ingaruka ku bukungu bw’isi muri rusange. Atangira asobanura ko buryo mu miha...
Wang Xuekun wari Ambasaderi w’u Bushinwa mu Rwanda mu myaka itatu ishize, akaba yacyuye igihe avuga ko muri icyo gihe cyose yari amaze ahagarariye igihugu cye i Kigali, hari byinshi byamunyuze. Uyu m...
Imwe muri dosiye zikomeye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo kugeza mu mpera z’iki Cyumweru ni urupfu rw’Abashinwa babiri barashwe n’umupolisi. Byabaye ngombwa ko Visi Minisitiri...
Rwagati mu Bushinwa ahitwa Wangu havumbuwe ikirombe cya zahabu ubutegetsi bwa Beijing buvuga ko ari cyo cya mbere kinini ku isi. Bagenekereje basanga gifite agaciro ka miliyari $80. Ikigo gishinzwe ub...
Perezida wa Amerika watowe Donald Trump yatangaje ko natorwa azashyiraho imisoro iri hejuru ku Bushinwa, kuri Mexique no kuri Canada. Yemeza ko ibyo biri mu bya mbere azakora akigera mu Biro. Trump av...
Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping n’itsinda rye baraye baganiriye na mugenzi we Paul Kagame ku mikoranire irambye kandi inoze hagati ya Kigali na Beijing. Muri ibyo biganiro, Ubushinwa bwiyemeje ko bugi...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari gitangaza ko ibiganiro bigamije kuguriza Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri mu nzira nziza. Ni umwenda wa Miliyari $1.5 iki gihugu kivuga ko uzagifasha gukomeza...
Inteko ishinga amategeko ya Amerika yemeje ko urubuga rw ‘Abashinwa rwa TikTok ruhagarikwa muri Amerika. Abanyamerika ntibashira Abashinwa amakenga y’uko bakoresha uru rubuga bakusanya ama...
Ubuyobozi bw’ikigo Asia-Africa Logistics gitanga serivisi zo kwikorera ibicuruzwa mu makontineri bizanwa muri Afurika bwijeje Abanyarwanda ko ibicuruzwa byabo bitazongera kurenza iminsi 40 bigeze i Mo...









