Guhera mu mwaka wa 2001 umugabo w’imyaka 51 y’amavuko witwa Emmanuel Ntarindwa yabaga mu mwobo we n’umugore we w’imyaka 53 bacukuye mu nzu yabo. Yihishaga ko bamubona kubera uruhare yagize muri Jenosi...
Mu Murenge wa Busasamana hari umugore wameze ubwanwa bwinshi ndetse bwajemo imvi kuko akuze none aratabaza kubera ihohoterwa akorerwa na benshi mu bamubona ahise. Asanganywe umugabo n’abana batatu. Ya...
Abakozi ba RIB babwiye abatuye Umurenge wa Busasamana mu Karere ka Rubavu amayeri abacuruza abantu bakoresha. Ngo babanza kumenya uko runaka abayeho bityo bakabona aho bahera bamushukashuka. Ikindi ng...
Umusore w’imyaka 17 y’amavuko wo mu Murenge wa Busasamana mu Karere ka Nyanza akurikiranyweho gusambanya incuke ifite imyaka ine y’amavuko. Ni umwana w’umuturanyi w’aho uwo musore yaragiraga inka. Biv...
Umwe mu baganga bo mu Bitaro bya Nyanza yafunzwe n’Urwego rw’ubugenzacyaha akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana wari wagiye kwa muganga ngo bamusuzume, avurwe. Uwo mwana afite imyaka 16 y’amavuko. Ic...
Perezida wa IBUKA Nkuranga Egide avuga ko umugabo witwa Baharakubuye Jean uherutse gufatwa akekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi yari amaze igihe kirekire yiyoberanya akoresheje uburiganya...
Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe ibikorwa, DIGP Felix Namuhoranye, aherutse gusaba abapolisi bo mu Karere ka Rubavu ‘guhora bari maso’ bagakora neza akazi ko gucungira abaturage umut...






