Polisi y’u Rwanda yatangije ikigo gifite ikoranabuhanga rizajya rifasha abashaka gukorera uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga kubikorera. Giherereye mu Kagari ka Busanza, Umurenge wa Kanombe mu Karere ...
Muri Mutarama, 2024 nibwo Kazungu wiyemereye ko yishe abantu 14 akabataba mu cyobo cy’igikoni cy’inzu yari acumbitsemo mu Busanza bwa Kanombe azatangira kuburana mu mizi. Ni urubanza ruteganyijwe tali...
Kuri Poste ya RIB y’Umurenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro hafungiwe umugabo witwa Jean d’Amour Hakorimana nyuma yo kugubwa gitumo acukura imva ngo akuremo ibyuma byitwa Fers à Beteaux. Iyo mva iri...
Inkuru ya Denis Kazungu iri mu zibabaje zavuzwe mu Rwanda mu mwaka wa 2023. Amakuru Taarifa yamenye ni uko yari afite umugore wabaga mu yindi nzu itari iyo basanze ituranye n’icyobo yatagamo imibiri y...
Imwe mu nkuru z’ubugizi bwa nabi zavuzwe mu mwaka wa 2022 ni iy’umugore ukurikiranyweho kwica umwana w’umukobwa w’imyaka itanu akamujugunya mu ngunguru. Ubushinjacyaha bwamusabiye gufungwa burundu. Um...
Abaturage baherutse kwimurwa ahitwa Kangondo na Kibiraro bakajya gutuzwa mu Busanza bwa Kanombe bakoze umuganda muri uyu mudugudu. Nyuma yawo bitabiriye amatora y’Abunzi nk’uko byakozwe n’ahandi. Aba...
Imwe mu miryango yimuwe ivanwa Kangondo na Kibiraro mu Kagari ka Nyarutarama ituzwa mu Busanza mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro yahawe ibiribwa. Ni mu rwego rwo kugira ngo babe bisuganya b...
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage Madamu Nadine Umutoni Gatsinzi yasabye abarimu n’abarezi bo mu Karere ka Kicukiro kuzita ku mashuri bubatse, bakirinda ko y...







